Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Koreya Y’Epfo Irashaka Gushyiraho Ikigega Ihuriyeho N’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Koreya Y’Epfo Irashaka Gushyiraho Ikigega Ihuriyeho N’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 August 2023 2:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jin Park ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Koreya y’Epfo ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri.

Nyuma y’uko ahageze, yahise ajya gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi bwa Kigali ruri ku Gisozi.

Rushyinguyemo imibiri 250,000 y’Abatutsi bazize Jenoside mu mwaka wa 1994.

Amakuru Taarifa imaze iminsi ifite avuga ko uretse gusinya amasezerano y’ubufatanye mu by’ubucuruzi no mu zindi nzego, Minisitiri Jin Park aje gushaka uko yavugana n’u Rwanda rugafasha igihugu cye kuzabona amajwi yo kuzakira imurikagurisha mpuzamahanga rizaba mu mwaka wa 2030.

Ryitwa 2030 World Expo.

Ni igikorwa kiri guhatanirwa n’ibindi bihugu nk’Ubutaliyani na Arabie Saoudite.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Koreya y’Epfo yasinyanye amasezerano atandukanye na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda.

Arebana no guhugurana mu bya Politiki ndetse no gushyiraho ikigega cy’imari Kigali ihuriyeho na Seoul kitwa Economic Development Cooperation Fund.

Koreya y’Epfo isanzwe ifite ikigega cy’abanya Koreya y’Epfo gishinzwe iterambere mpuzamahanga kitwa KOICA.

TAGGED:AmbasadeAmbasaderifeaturedKoreyaRwandaUbufatanyeUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwongereza Bwimye Visa Umunyarwandakazi Washakanye N’Umwongereza
Next Article Rayon Sports Ibabaje APR FC Yikurikiranya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Na Saudi Arabia Mu Gufasha Abaturage Gutekesha Gazi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?