Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Koreya Y’Epfo Irashaka Gushyiraho Ikigega Ihuriyeho N’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Koreya Y’Epfo Irashaka Gushyiraho Ikigega Ihuriyeho N’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 August 2023 2:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jin Park ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Koreya y’Epfo ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri.

Nyuma y’uko ahageze, yahise ajya gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi bwa Kigali ruri ku Gisozi.

Rushyinguyemo imibiri 250,000 y’Abatutsi bazize Jenoside mu mwaka wa 1994.

Amakuru Taarifa imaze iminsi ifite avuga ko uretse gusinya amasezerano y’ubufatanye mu by’ubucuruzi no mu zindi nzego, Minisitiri Jin Park aje gushaka uko yavugana n’u Rwanda rugafasha igihugu cye kuzabona amajwi yo kuzakira imurikagurisha mpuzamahanga rizaba mu mwaka wa 2030.

Ryitwa 2030 World Expo.

Ni igikorwa kiri guhatanirwa n’ibindi bihugu nk’Ubutaliyani na Arabie Saoudite.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Koreya y’Epfo yasinyanye amasezerano atandukanye na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda.

Arebana no guhugurana mu bya Politiki ndetse no gushyiraho ikigega cy’imari Kigali ihuriyeho na Seoul kitwa Economic Development Cooperation Fund.

Koreya y’Epfo isanzwe ifite ikigega cy’abanya Koreya y’Epfo gishinzwe iterambere mpuzamahanga kitwa KOICA.

TAGGED:AmbasadeAmbasaderifeaturedKoreyaRwandaUbufatanyeUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwongereza Bwimye Visa Umunyarwandakazi Washakanye N’Umwongereza
Next Article Rayon Sports Ibabaje APR FC Yikurikiranya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?