Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Myaka 19 Y’Amavuko Yishe Nyina
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ku Myaka 19 Y’Amavuko Yishe Nyina

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2023 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’ahitwa Busia muri Uganda iri mu iperereza ryo kumenya abari inyuma yo gutwika umusore witwa Robert Wejuli agapfa. Ababibonye bavuga ko uriya musore yari yabanje kwica Nyina w’imyaka 39 y’amavuko.

Uyu musore uvugwaho kwica Nyina yari afite imyaka 19 y’amavuko, akaba yabanaga na Nyina ahitwa Alupe B muri Busia, Nyina akaba yitwaga Belvin Nanjala.

Abapolisi bavuga ko hataramenyekana impamvu nyayo yateye uriya musore wari ukiri muto kwica Nyina.

Abaturanyi bavuga ko uriya musore yahagurukanye Nyina amutera ibyuma kugeza apfuye.

Yahise acika ajya kwihisha ariko asa n’uwihishe muri kaburimbo kubera ko abantu bahise bamubona baramusumira bamusubiza aho bivugwa ko yiciye Nyina.

Bahageze bamutera amabuye kugeza anogotse.

Polisi yahageze isanga uwo musore yapfuye, ifata bamwe mubo ikekaho uruhare muri urwo rupfu.

Yajyanye umurambo wa Nyina w’uwo musore ndetse  n’uwe mu buruhukiro ngo isuzumwe.

IP Moses Mugwe uvugira Polisi mu gace ka Busia( PHOTO | FILE)
TAGGED:featuredIbyumaKumutwikaNyinaPolisiUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BAL: Iyakuyemo REG BBC Yageze Ku Mukino wa Nyuma
Next Article Umuhanzikazi Tina Turner Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?