Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Myaka 19 Y’Amavuko Yishe Nyina
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ku Myaka 19 Y’Amavuko Yishe Nyina

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2023 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’ahitwa Busia muri Uganda iri mu iperereza ryo kumenya abari inyuma yo gutwika umusore witwa Robert Wejuli agapfa. Ababibonye bavuga ko uriya musore yari yabanje kwica Nyina w’imyaka 39 y’amavuko.

Uyu musore uvugwaho kwica Nyina yari afite imyaka 19 y’amavuko, akaba yabanaga na Nyina ahitwa Alupe B muri Busia, Nyina akaba yitwaga Belvin Nanjala.

Abapolisi bavuga ko hataramenyekana impamvu nyayo yateye uriya musore wari ukiri muto kwica Nyina.

Abaturanyi bavuga ko uriya musore yahagurukanye Nyina amutera ibyuma kugeza apfuye.

Yahise acika ajya kwihisha ariko asa n’uwihishe muri kaburimbo kubera ko abantu bahise bamubona baramusumira bamusubiza aho bivugwa ko yiciye Nyina.

Bahageze bamutera amabuye kugeza anogotse.

Polisi yahageze isanga uwo musore yapfuye, ifata bamwe mubo ikekaho uruhare muri urwo rupfu.

Yajyanye umurambo wa Nyina w’uwo musore ndetse  n’uwe mu buruhukiro ngo isuzumwe.

IP Moses Mugwe uvugira Polisi mu gace ka Busia( PHOTO | FILE)
TAGGED:featuredIbyumaKumutwikaNyinaPolisiUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BAL: Iyakuyemo REG BBC Yageze Ku Mukino wa Nyuma
Next Article Umuhanzikazi Tina Turner Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?