Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Myaka 19 Y’Amavuko Yishe Nyina
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ku Myaka 19 Y’Amavuko Yishe Nyina

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2023 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’ahitwa Busia muri Uganda iri mu iperereza ryo kumenya abari inyuma yo gutwika umusore witwa Robert Wejuli agapfa. Ababibonye bavuga ko uriya musore yari yabanje kwica Nyina w’imyaka 39 y’amavuko.

Uyu musore uvugwaho kwica Nyina yari afite imyaka 19 y’amavuko, akaba yabanaga na Nyina ahitwa Alupe B muri Busia, Nyina akaba yitwaga Belvin Nanjala.

Abapolisi bavuga ko hataramenyekana impamvu nyayo yateye uriya musore wari ukiri muto kwica Nyina.

Abaturanyi bavuga ko uriya musore yahagurukanye Nyina amutera ibyuma kugeza apfuye.

Yahise acika ajya kwihisha ariko asa n’uwihishe muri kaburimbo kubera ko abantu bahise bamubona baramusumira bamusubiza aho bivugwa ko yiciye Nyina.

Bahageze bamutera amabuye kugeza anogotse.

Polisi yahageze isanga uwo musore yapfuye, ifata bamwe mubo ikekaho uruhare muri urwo rupfu.

Yajyanye umurambo wa Nyina w’uwo musore ndetse  n’uwe mu buruhukiro ngo isuzumwe.

IP Moses Mugwe uvugira Polisi mu gace ka Busia( PHOTO | FILE)
TAGGED:featuredIbyumaKumutwikaNyinaPolisiUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BAL: Iyakuyemo REG BBC Yageze Ku Mukino wa Nyuma
Next Article Umuhanzikazi Tina Turner Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?