Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kuba u Rwanda Rurwanya Iterabwoba Ni Uko Ritagira Imipaka- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kuba u Rwanda Rurwanya Iterabwoba Ni Uko Ritagira Imipaka- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 January 2023 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Paul Kagame
SHARE

Mu ijambo yagejeje ku banyacyubahiro bitabiriye inama yitwa Africa Peace Conference iri kubera i Nouakchott muri Mauritania, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruzi ububi bw’iterabwoba kuko ubusanzwe ritagira imipaka.

Niyo mpamvu ituma aho rusabwe gufasha mu kurirwanya rubyitabira.

Perezida Kagame avuga ko iterabwoba ari ikibazo kigira ingaruka ku bantu benshi, aho baba batuye aho ari ho hose.

Yaboneye ho kubwira abari bamuteze amatwi ko u Rwanda ‘rwaciye ahaga ariko ubu rugeze aheza.’

Ati: “ Ibi byatumye twubaka uburyo burambye bwo kurinda no kubumbatira umutekano wacu.Tuzi neza ko umutekano woroshya iterambere ariko nanone imiyoborere mibi iraridindiza.”

“With peace and security, we can address challenges such as climate change, migration, and food insecurity, making Africa even more resilient against future shocks. We owe this to our youth, the future of our continent.” President Kagame | African Peace Conference. pic.twitter.com/LFNTZ6oBYU

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) January 18, 2023

Kuba isi yarabaye umudugudu, Perezida Kagame asanga byaratumye nta gihugu cyavuga ko gifite ubudahangarwa ku iterabwoba bityo ko ubufatanye bwa bose mu kurirwanya ari ngombwa.

Asanga ubushake buzatuma habaho n’ubufatanye kugira ngo ibihugu by’Afurika bishyire hamwe mu guhangana na kiriya kibazo kitagira imbibi.

Kagame yavuze kandi ko kugira ngo ibyitezwe muri uru rugamba bizagerweho, ari ngombwa ko abantu bashyira ku ruhande ibibatanya, bakita ku bibahuza.

Inama Africa Peace Conference yitabiriwe n’abandi banyacyubahiro barimo Perezida wa Mauritania Mohamed Ould Cheikh El-Ghazouani, uwa Nigeria witwa Mohammadu Buhari n’abandi.

Al Shabaab: Umutwe W’Iterabwoba Ufite Ubutasi Bukomeye

TAGGED:AfurikaAmahorofeaturedInamaIterabwobaKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igisubizo Tshisekedi Yahaye Claire Akamanzi
Next Article Hubatswe Ikiraro Gihuza Nyanza Na Nyamagabe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?