Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kuba u Rwanda Rurwanya Iterabwoba Ni Uko Ritagira Imipaka- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kuba u Rwanda Rurwanya Iterabwoba Ni Uko Ritagira Imipaka- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 January 2023 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Paul Kagame
SHARE

Mu ijambo yagejeje ku banyacyubahiro bitabiriye inama yitwa Africa Peace Conference iri kubera i Nouakchott muri Mauritania, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruzi ububi bw’iterabwoba kuko ubusanzwe ritagira imipaka.

Niyo mpamvu ituma aho rusabwe gufasha mu kurirwanya rubyitabira.

Perezida Kagame avuga ko iterabwoba ari ikibazo kigira ingaruka ku bantu benshi, aho baba batuye aho ari ho hose.

Yaboneye ho kubwira abari bamuteze amatwi ko u Rwanda ‘rwaciye ahaga ariko ubu rugeze aheza.’

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “ Ibi byatumye twubaka uburyo burambye bwo kurinda no kubumbatira umutekano wacu.Tuzi neza ko umutekano woroshya iterambere ariko nanone imiyoborere mibi iraridindiza.”

“With peace and security, we can address challenges such as climate change, migration, and food insecurity, making Africa even more resilient against future shocks. We owe this to our youth, the future of our continent.” President Kagame | African Peace Conference. pic.twitter.com/LFNTZ6oBYU

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) January 18, 2023

Kuba isi yarabaye umudugudu, Perezida Kagame asanga byaratumye nta gihugu cyavuga ko gifite ubudahangarwa ku iterabwoba bityo ko ubufatanye bwa bose mu kurirwanya ari ngombwa.

Asanga ubushake buzatuma habaho n’ubufatanye kugira ngo ibihugu by’Afurika bishyire hamwe mu guhangana na kiriya kibazo kitagira imbibi.

Kagame yavuze kandi ko kugira ngo ibyitezwe muri uru rugamba bizagerweho, ari ngombwa ko abantu bashyira ku ruhande ibibatanya, bakita ku bibahuza.

- Advertisement -

Inama Africa Peace Conference yitabiriwe n’abandi banyacyubahiro barimo Perezida wa Mauritania Mohamed Ould Cheikh El-Ghazouani, uwa Nigeria witwa Mohammadu Buhari n’abandi.

Al Shabaab: Umutwe W’Iterabwoba Ufite Ubutasi Bukomeye

TAGGED:AfurikaAmahorofeaturedInamaIterabwobaKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igisubizo Tshisekedi Yahaye Claire Akamanzi
Next Article Hubatswe Ikiraro Gihuza Nyanza Na Nyamagabe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?