Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kurwanya ruswa bisaba ikiguzi cya politiki, kutayirwanya bikoreka abatagira kivurira- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kurwanya ruswa bisaba ikiguzi cya politiki, kutayirwanya bikoreka abatagira kivurira- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2020 1:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Mu Rwanda ruswa ni icyaha kidasaza
SHARE

Umukuru w’Igihugu Paul Kagame avuga ko iyo umuntu ahagurutse agahangana abaka n’abakira ruswa, bimuteranya nabo ndetse bigasaba kugira inyungu za politiki yigomwa. Ku rundi ruhande avuga ko iyo abantu barebereye ruswa, byoroka abatagira kivurira, batagira ubavugira.

Ni ubutumwa yahaye abari mu muhango wo gutanga ibihembo byagenewe abahashya ruswa witwa International Anti-Corruption Excellence Awards.

Perezida Kagame yabwiye abari muri iriya nama ko kurwanya ruswa ari umugambi ugomba kugirwamo uruhare n’uwo ari wese, ko atari akazi ka bamwe.

Mu ijambo rye yashimye umuyobozi w’ikirenge wa Qatar, Bwana Thamim Bin Hamad Ali-Thani watangije kiriya gikorwa cyo guhemba abayobozi baharanira guca ruswa ku isi.

Uyu muyobozi wa Qatar aherutse gutaha ikibumbano cy’ubugeni cyubatswe kuri Kigali Convention Center kigaragaraza ikiganza gikumira ruswa.

Yagitashye ari kumwe na Perezida Kagame.

TAGGED:AkarenganefeaturedKagameKigaliQatarRuswaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article YouTube zimwe zishobora kudusubiza mu icuraburindi rya RTLM-Amb Nduhungirehe
Next Article RIB na Polisi bafatanyije mu kwangiza litiro 3 640 z’ikinyobwa kinjiye mu gihugu bitemewe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?