Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kurwanya ruswa bisaba ikiguzi cya politiki, kutayirwanya bikoreka abatagira kivurira- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kurwanya ruswa bisaba ikiguzi cya politiki, kutayirwanya bikoreka abatagira kivurira- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2020 1:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Mu Rwanda ruswa ni icyaha kidasaza
SHARE

Umukuru w’Igihugu Paul Kagame avuga ko iyo umuntu ahagurutse agahangana abaka n’abakira ruswa, bimuteranya nabo ndetse bigasaba kugira inyungu za politiki yigomwa. Ku rundi ruhande avuga ko iyo abantu barebereye ruswa, byoroka abatagira kivurira, batagira ubavugira.

Ni ubutumwa yahaye abari mu muhango wo gutanga ibihembo byagenewe abahashya ruswa witwa International Anti-Corruption Excellence Awards.

Perezida Kagame yabwiye abari muri iriya nama ko kurwanya ruswa ari umugambi ugomba kugirwamo uruhare n’uwo ari wese, ko atari akazi ka bamwe.

Mu ijambo rye yashimye umuyobozi w’ikirenge wa Qatar, Bwana Thamim Bin Hamad Ali-Thani watangije kiriya gikorwa cyo guhemba abayobozi baharanira guca ruswa ku isi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uyu muyobozi wa Qatar aherutse gutaha ikibumbano cy’ubugeni cyubatswe kuri Kigali Convention Center kigaragaraza ikiganza gikumira ruswa.

Yagitashye ari kumwe na Perezida Kagame.

TAGGED:AkarenganefeaturedKagameKigaliQatarRuswaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article YouTube zimwe zishobora kudusubiza mu icuraburindi rya RTLM-Amb Nduhungirehe
Next Article RIB na Polisi bafatanyije mu kwangiza litiro 3 640 z’ikinyobwa kinjiye mu gihugu bitemewe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?