Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buherutse gusaba ko ibyo guteza cyamunara y’umuryango ufite abana umunani(8) biba bihagaritswe kubera ko kuyiteza cyamurana byateza ibibazo kurushaho. Iyo nzu irazira...
Raporo y’inkiko mu mwaka wa 2020/21 igaragaza ko imanza zasabiwe gusubirwamo ku mpamvu z’akarengane zageze ku 2033, mu gihe imanza zamaze gusesengurwa byagaragaye ko izabonetsemo akarengane...
Nta gihe kirekire gishize Leta y’u Rwanda itangije amavugurura mu bigo byayo, ikabikora ivuga ko biri mu rwego rwo kwirinda gukomeza gukoresha abakozi ba baringa, bahenda...
Hari abakorera n’abigeze gukorera Croix Rouge y’u Rwanda babwiye Taarifa ko umuyobozi mukuru wa kiriya kigo abarenganya, kandi akaba yarashyizeho imikorere idahuje n’amahame agenga kiriya kigo(statut)....
Umukuru w’Igihugu Paul Kagame avuga ko iyo umuntu ahagurutse agahangana abaka n’abakira ruswa, bimuteranya nabo ndetse bigasaba kugira inyungu za politiki yigomwa. Ku rundi ruhande avuga...