Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Lil Wayne Yibagiwe Inyinshi Mu Ndirimbo Ze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Lil Wayne Yibagiwe Inyinshi Mu Ndirimbo Ze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2023 12:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuraperi w’Umunyamerika uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi witwa Lil Wayne avuga ko muri iki gihe yibagiwe indirimbo ze zo hambere zatumye aba icyamamare.

Rwose yeruriye Rolling Stone ko nta kintu akibuka mu byo yakireye muri studios zose yaciyemo.

Uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko atangaje ibi mu gihe ari kwitegura kuzamurika album ye mu minsi mike iri imbere.

Aherutse no kuvuga ko yifuza kuzaririmba mu mikino ya Football y’Amerika bita NFL itaha.

Lil Wayne avuga ko afite ikibazo cy’uko ubuzima bwe bwo mu mutwe butameze neza kubera ko akunze kugira isereri kandi akarwara igicuri.

Yatangiye kuba icyamamare mu mwaka wa 2000 mu ndirimbo zitandukanye zirimo na Lilpop n’izindi.

Yabwiye Rolling Stone ko n’ubwo ubwonko bwe hari indirimbo nyinshi bwibagiwe, ariko adateganya kureka umurimo we vuba aha.

Yunzemo kandi ko n’iyo agize ikibazo akikubita hasi kubera igicuri, abo mu muryango we bamwibutsa ibyamubayeho, bakamugarura mu buzima busanzwe.

Bimugaruramo imbaraga zo gukomeza gukora.

TAGGED:AmerikafeaturedIgicuriIndirimboUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuhati Wa Gacinya Wo Kujya Muri FERWAFA Ukomeje Kuba Impfabusa
Next Article Amerika Igiye Kuganira N’Ubushinwa Uko Bakwirinda Gukozanyaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?