Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Lionel Messi Yatanze Telefoni 35 Zisize Zahabu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Lionel Messi Yatanze Telefoni 35 Zisize Zahabu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 March 2023 4:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Messi yahaye buri mukinnyi na buri mukozi mu ikipe y’igihugu ya Argentine telefoni ya iPhone isize zahabu. Bose hamwe ni abantu 35, akaba yabahaye telefoni zose hamwe zifite agaciro ka €200,000.

Buri telefoni yari iriho izina rya nyirayo na nomero yambara mu kibuga.

Messi avuga ko yabikoze mu rwego rwo kubashimira uko bafatanyije mu mikino bakinnye mu gikombe cy’isi, ikipe y’igihugu cye yaje kwegukana.

Messi yafashije Argentine gutwara iki gikombe cy’isi giheruka gukinirwa muri Qatar

Buri telefoni yahaye buri mukinnyi na buri mukozi wagize uruhare mu ntsinzi yabo, yari ifite zahabu ipima carat 24.

Nyuma yo gutsinda agatwarana na bagenzi be igikombe cy’isi, Messi yegereye umuyobozi w’ikigo kitwa iDesign Gold witwa  Ben Lyons amusobanurira umugambi we.

Ben Lyons yabwiye The Sun ati: “ Messi ni umwe mu bakiliya bacu b’indahemuka. Nyuma yo gutwara igikombe cy’isi cyakiniwe muri Qatar, yaranyegereye ansobanurira umugambi we nanjye ndawemera.”

Yamubwiye ko yifuzaga guha bagenzi be impano idasanzwe batazibagirwa yagombaga gukurikirana intsinzi yabo.

Messi yamubwiye ko yifuza  guha bagenzi be impano undi amubwiye iby’amasaha ahenze undi amubwira ko ibyo ari ibintu bisanzwe.

Ben yagize igitekerezo cy’uko hakorwa telefoni zisize zahabu harimo izina na nomero z’umukinnyi undi arabyumva arabishima.

TAGGED:IgikombeIkipeMessitelefoniZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya Yatangije Ubufatanye BWERUYE N’Ingabo Za DRC
Next Article DRC Ikomeje Kuvogera u Rwanda, Undi Musirikare Wayo Yaharasiwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?