Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 October 2025 5:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Madagascar zatangaje ko guhera ubu ari zo zigenzura iki gihugu kiri mu kirwa kiri mu nyanja y’Abahinde.

Nicyo kitwa kinini kurusha ibindi ku isi.

Ingabo ziyobowe na Colonel Michel Randrianirina zatangaje ko zafashe ubutegetsi kugira ngo zishyire ibintu ku murongo nyuma y’uko butawe na Andri Rajoelina wahungiye mu Bufaransa ariko mu gace kataratangazwa.

Randrianirina yagize ati: “Twafashe ubutegetsi.”

Yahise asesa Sena n’Itegeko Nshinga ariko ntiyakora ku Nteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite.

Aba bagize uruhare mu gutangaza ko Rajoelina atakiri Perezida wa Madagascar nyuma y’uko uyu nawe yari yatangaje ko asheshe Inteko.

Andrie Rajoelina w’imyaka 51 y’amavuko yahunze igihugu nyuma yo kotswa igitutu n’urubyiruko rwatangiye imyigaragambyo mu mpera za Nzeri, 2025 rusaba guhabwa amashanyarazi n’amazi bihagije mu baturage.

Amakuru yatangajwe kuri uyu wa Mbere Tariki 13 Ukwakira na Radio France Internationale na Reuters yavugaga ko indege y’ingabo z’Ubufaransa yaramuhunganye imujyana mu gace kataratangazwa kugeza ubu.

Iyi myigaragambyo irasa n’ibihutse kuba muri Nepal no muri Maroc.

TAGGED:AbasirikareAbaturagefeaturedMadagascarPerezidaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame
Next Article Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Bafatanywe Urumogi Rwuzuye Umufuka

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Netanyahu Yavuze Ko Niba Hamas Itamanitse Amaboko Ijuru Rizayigwira

Iteramakofe: Mukazayire Yasabye Ikipe Y’u Rwanda Kuzatahana Imidali

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?