Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 October 2025 1:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Bernard Makuza. Ifoto: The New Times.
SHARE

Bernard Makuza niwe uyoboye indorerezi za Afurika yunze ubumwe mu matora y’Umukuru w’igihugu azabera muri Cameroun guhera kuri iki Cyumweru Tariki 12, Ukwakira, 2025.

Abazaba bagize iryo tsinda bazasuzuma uko ibiro by’itora biteguwe, barebe imigendekere yo gutora nyirizina, bakurikirane ikusanywa ry’amajwi n’ibarura ryayo kandi bazaba bahari igihe ibyayavuyemo bizatangazwa.

Iri tsinda rigizwe n’abantu 40 batoranyijwe mu bice bitandukanye bya Afurika, bakabamo abagize Inteko ishinga amategeko y’uyu Muryango yitwa Pan-African Parliament, ba Ambasaderi b’ibihugu bya Afurika bibihagarariye muri uwo muryango, abo muri Sosiyete sivile, abanyamakuru n’intiti zo muri za Kaminuza.

Abo ni abo muri Algeria, Burkina Faso, Uburundi, Côte d’Ivoire, Repubulika ya Centrafrique, Chad, Djibouti, Misiri, Eswatini, Ethiopia, Gabon, Ghana, Kenya, Madagascar, Liberia, Mauritania, Mauritius, Namibia, Nigeria, u Rwanda, Senegal, Seychelles, Somalia, Afurika y’EpfoA, Tanzania, Tunisia, Uganda na  Zimbabwe.

Umurimo wabo bazawukora hagati y’itariki 07 n’itariki 16, Ukwakira, bikaba biteganyijwe ko raporo y’ibyo babonye bazayigeza ahagaragara tariki 14, uku kwezi mu gikorwa kizabera muri Hilton Hotel iri Yaoundé.

Iyo raporo izaba ikubiyemo ibyo babonye mu migendekere yayo matora n’ibyifuzo ngiro bigenewe Afurika yunze ubumwe.

Bernard Makuru yabaye Perezida wa Sena y’u Rwanda guhera tariki 14, Ukwakira,  2014 kugeza tariki  17, Ukwakira  2019.

Mbere yari yarabaye Minisitiri w’Intebe, inshingano yatangiye tariki 08, Werurwe, 2000 kugeza tariki 06, Ukwakira, 2011.

TAGGED:AfurikaAmatoraCamerounfeaturedMakuzaPerezidaUbumwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo
Next Article Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?