Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mbere Yo Kuza Mu Rwanda Umwami Wa Jordanie Yaganiriye Na Antony Blinken
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mbere Yo Kuza Mu Rwanda Umwami Wa Jordanie Yaganiriye Na Antony Blinken

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2024 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwami wa Jordanie Abdallah II utegerejwe mu Rwanda kuri iki Cyumweru, mbere yo kurira indege aza mu Rwanda yabanje kwakira Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken baganira ku kibazo cya Israel na Hamas n’ibibera muri Gaza muri rusange.

Ku rubuga rwa X rw’Ubwami bwa Jordanie handitseho ko umwami Abdullah II ari kumwe n’igikomangoma cy’ubwami bwe Prince Al Hussein bijeje Amerika ko batemeranya n’ibyo Israel yakoze bwo gushushubikanya abanya Palestine badafite aho bahuriye na Hamas bakavanwa mu byabo.

Ku bwami bwa Jordanie ngo ibi ni ibyaha bikorerwa abasivili.

Buvuga ko ari ngombwa ko abanya Gaza bashyirirwaho uburyo butekanye bwo gusubira mu byabo ntibahore basembera nk’aho atari abantu nk’abandi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

 Jordanie ni kimwe mu bihugu bike byo mu Burasirazuba bwo Hagati bibanye neza na Israel ndetse n’inshuti yayo magara: Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Ubwo twandikaga iyi nkuru, Umwami wa Jordanie yari amaze igihe gito afashe indege aje mu Rwanda.

His Majesty King Abdullah II departs on an official visit to Rwanda, where His Majesty will meet Rwandan President Paul Kagame#Jordan

— RHC (@RHCJO) January 7, 2024

TAGGED:AmerikaBlinkenfeaturedGazaHamasIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi W’Inyeshyamba Muri Sudani Yavuze Uko Yakwigira Ku Rwanda
Next Article IVUGURUYE: Umuhanda Karongi- Nyamasheke Wasubiye Kuba Nyabagendwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?