Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mbere Yo Kuza Mu Rwanda Umwami Wa Jordanie Yaganiriye Na Antony Blinken
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mbere Yo Kuza Mu Rwanda Umwami Wa Jordanie Yaganiriye Na Antony Blinken

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2024 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwami wa Jordanie Abdallah II utegerejwe mu Rwanda kuri iki Cyumweru, mbere yo kurira indege aza mu Rwanda yabanje kwakira Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken baganira ku kibazo cya Israel na Hamas n’ibibera muri Gaza muri rusange.

Ku rubuga rwa X rw’Ubwami bwa Jordanie handitseho ko umwami Abdullah II ari kumwe n’igikomangoma cy’ubwami bwe Prince Al Hussein bijeje Amerika ko batemeranya n’ibyo Israel yakoze bwo gushushubikanya abanya Palestine badafite aho bahuriye na Hamas bakavanwa mu byabo.

Ku bwami bwa Jordanie ngo ibi ni ibyaha bikorerwa abasivili.

Buvuga ko ari ngombwa ko abanya Gaza bashyirirwaho uburyo butekanye bwo gusubira mu byabo ntibahore basembera nk’aho atari abantu nk’abandi.

 Jordanie ni kimwe mu bihugu bike byo mu Burasirazuba bwo Hagati bibanye neza na Israel ndetse n’inshuti yayo magara: Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Ubwo twandikaga iyi nkuru, Umwami wa Jordanie yari amaze igihe gito afashe indege aje mu Rwanda.

His Majesty King Abdullah II departs on an official visit to Rwanda, where His Majesty will meet Rwandan President Paul Kagame#Jordan

— RHC (@RHCJO) January 7, 2024

TAGGED:AmerikaBlinkenfeaturedGazaHamasIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi W’Inyeshyamba Muri Sudani Yavuze Uko Yakwigira Ku Rwanda
Next Article IVUGURUYE: Umuhanda Karongi- Nyamasheke Wasubiye Kuba Nyabagendwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?