Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mbere Yo Kuza Mu Rwanda Umwami Wa Jordanie Yaganiriye Na Antony Blinken
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mbere Yo Kuza Mu Rwanda Umwami Wa Jordanie Yaganiriye Na Antony Blinken

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2024 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwami wa Jordanie Abdallah II utegerejwe mu Rwanda kuri iki Cyumweru, mbere yo kurira indege aza mu Rwanda yabanje kwakira Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken baganira ku kibazo cya Israel na Hamas n’ibibera muri Gaza muri rusange.

Ku rubuga rwa X rw’Ubwami bwa Jordanie handitseho ko umwami Abdullah II ari kumwe n’igikomangoma cy’ubwami bwe Prince Al Hussein bijeje Amerika ko batemeranya n’ibyo Israel yakoze bwo gushushubikanya abanya Palestine badafite aho bahuriye na Hamas bakavanwa mu byabo.

Ku bwami bwa Jordanie ngo ibi ni ibyaha bikorerwa abasivili.

Buvuga ko ari ngombwa ko abanya Gaza bashyirirwaho uburyo butekanye bwo gusubira mu byabo ntibahore basembera nk’aho atari abantu nk’abandi.

 Jordanie ni kimwe mu bihugu bike byo mu Burasirazuba bwo Hagati bibanye neza na Israel ndetse n’inshuti yayo magara: Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Ubwo twandikaga iyi nkuru, Umwami wa Jordanie yari amaze igihe gito afashe indege aje mu Rwanda.

His Majesty King Abdullah II departs on an official visit to Rwanda, where His Majesty will meet Rwandan President Paul Kagame#Jordan

— RHC (@RHCJO) January 7, 2024

TAGGED:AmerikaBlinkenfeaturedGazaHamasIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi W’Inyeshyamba Muri Sudani Yavuze Uko Yakwigira Ku Rwanda
Next Article IVUGURUYE: Umuhanda Karongi- Nyamasheke Wasubiye Kuba Nyabagendwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?