Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Meddy ‘Yahinduye Kamere’ Aba UMUROKORE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibyamamare

Meddy ‘Yahinduye Kamere’ Aba UMUROKORE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 July 2021 12:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku rukuta rwe rwa Twitter Umuhanga Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yatangaje ko ubu yakiriye Yesu mu mutima we ngo amubere umwami n’umukiza. Ngo hari abo yabibwiye bagira ngo ni igiparu!

Meddy uherutse kurushingana n’umukobwa ukomoka muri Ethiopia avuga ko Imana yamukoreye ibyiza byinshi kandi ngo ashima abantu bose bamubahe hafi mu buzima  bwe n’ubu bakaba bakibikora

Yanditse kuri Twitter ati: Ndabashima mwese abambaye hafi. Nsenga Imana ku bwanyu kandi nyisaba ngo ikomeze ibongerere urukundo mu mitima yanyu.”

Meddy avuga ko muri iki gihe ari umuntu utuje, ufite ibiganza bitarangwamo ikibi.

Ubu ni umugabo wishimiye urugo


Aherutse gusohora indirimbo yise ‘My Vow’ ni ukuvuga ‘Indahiro yanjye’.

Uyu muhanzi wiyemeje kwiyegurira Imana mu bikorwa bye, akirinda amafuti akunda kuranga ibyamamare, yigeze gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda atwaye ikinyabiziga yasinze.

Icyo gihe yarafashwe afungirwa mu mujyi wa Kigali aregwa gutwara imodoka yasinze n’umuvuduko ukabije.

Yaje kurekurwa hashize iminsi itanu afunzwe.

Meddy yari amaze  iminsi mu Rwanda ari mu bikorwa bya muzika mu Karere.

Ikindi ni uko umuryango we uba mu Rwanda.

Ubwo yafatwaga, uwari Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police(CIP) Goretti Umutesi yatangarije itangazamakuru ko uriya muhanzi yafashwe ahagana saa munani z’ijoro afatirwa mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo.

 

TAGGED:featuredImanaIndirimboMeddyUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Suluhu wa Tanzania Ategerejwe i Kigali
Next Article Mu Rubanza Rw’Umunyamakuru Wa Flash, Umupolisi Yashinjwe Guhisha Ibimenyetso Bigize Icyaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?