Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: MicroSoft Igiye Gufasha Abakobwa B’Africa Kongera Ubumenyi Mu Ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubumenyi Rusange

MicroSoft Igiye Gufasha Abakobwa B’Africa Kongera Ubumenyi Mu Ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 March 2021 10:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’Abanyamerika gikora kandi kigatanga serivisi z’ikoranabuhanga Microsoft giherutse kwiyemeza gufasha abakobwa bo muri Africa kongera ubumenyi bwabo mu ikoranabuhanga

Abakobwa bazafashwa mu kongera ubumenyi bwabo mu ikoranabuhanga ni abo mu bihugu 54, bakaba bagomba kuba bafite imyaka iri hagati ya 16 na 40 y’amavuko.

Bazahabwa amahugurwa azamara umwaka mu gukora gahunda za mudasobwa, kwita ku mishinga yakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga, kubika no kwita ku makuru abitswe muri mudasobwa, umutekano mu by’ikoranabuhanga n’ibindi.

Ushinzwe kwita kuri uyu mushinga witwa Madamu Ghada Khalifa, akaba ashinzwe kwita kuri Africa n’Ibihugu Byo Burasirazuba Bwo Hagati avuga ko iyo umukobwa yigishijwe ikoranabuhanga bimufasha kuzihangira akazi mu gihe kizaza.

Madamu Khalifa avuga ko hari icyizere cy’uko bariya bakobwa cyangwa abagore bazihangira imirimo igamije kubateza imbere.

Umushinga wa Microsoft izawufatanya n’ikindi kigo kitwa Tech4Dev  uyoborwa n’Umunya Nigeriakazi  witwa  Diwura Oladepo .

Hari umusanzu AU igomba gutanga…

Umuryango w’Africa Yunze Ubumwe usaba ibihugu biwugize kujya bitanga 1% by’ingengo yabyo y’imari, aya mafaranga akazafasha abakobwa ba buri gihugu kwihugura mu by’ikoranabuhanga.

The Nation yo muri Kenya yanditse ko intego ihari ari uko abakobwa bo muri Africa bazarushaho kugira uruhare mu kuzamura umusaruro mbumbe w’ibihugu bakomokamo byibura bigatangira kugaragara nko mu myaka 20 iri imbere.

TAGGED:AbakobwafeaturedIkoranabuhangaMicrosoftMudasobwaUbumenyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inyeshyamba Zagabye Igitero Muri Uganda
Next Article Ikinyuranyo Mu Buryo Abagabo n’Abagore Bagerwaho Na Serivisi z’Imari Cyageze Kuri 1%
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ish Kevin Yinjiye Mu Bufatanye N’Ikigo Gikomeye Gicuruza Umuziki Ku Isi

CNDD-FDD Ishima Ibyo Yagejeje Ku Gihugu, Abayirwanya Bakayinyomoza

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?