Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: MicroSoft Igiye Gufasha Abakobwa B’Africa Kongera Ubumenyi Mu Ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubumenyi Rusange

MicroSoft Igiye Gufasha Abakobwa B’Africa Kongera Ubumenyi Mu Ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 March 2021 10:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’Abanyamerika gikora kandi kigatanga serivisi z’ikoranabuhanga Microsoft giherutse kwiyemeza gufasha abakobwa bo muri Africa kongera ubumenyi bwabo mu ikoranabuhanga

Abakobwa bazafashwa mu kongera ubumenyi bwabo mu ikoranabuhanga ni abo mu bihugu 54, bakaba bagomba kuba bafite imyaka iri hagati ya 16 na 40 y’amavuko.

Bazahabwa amahugurwa azamara umwaka mu gukora gahunda za mudasobwa, kwita ku mishinga yakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga, kubika no kwita ku makuru abitswe muri mudasobwa, umutekano mu by’ikoranabuhanga n’ibindi.

Ushinzwe kwita kuri uyu mushinga witwa Madamu Ghada Khalifa, akaba ashinzwe kwita kuri Africa n’Ibihugu Byo Burasirazuba Bwo Hagati avuga ko iyo umukobwa yigishijwe ikoranabuhanga bimufasha kuzihangira akazi mu gihe kizaza.

Madamu Khalifa avuga ko hari icyizere cy’uko bariya bakobwa cyangwa abagore bazihangira imirimo igamije kubateza imbere.

Umushinga wa Microsoft izawufatanya n’ikindi kigo kitwa Tech4Dev  uyoborwa n’Umunya Nigeriakazi  witwa  Diwura Oladepo .

Hari umusanzu AU igomba gutanga…

Umuryango w’Africa Yunze Ubumwe usaba ibihugu biwugize kujya bitanga 1% by’ingengo yabyo y’imari, aya mafaranga akazafasha abakobwa ba buri gihugu kwihugura mu by’ikoranabuhanga.

The Nation yo muri Kenya yanditse ko intego ihari ari uko abakobwa bo muri Africa bazarushaho kugira uruhare mu kuzamura umusaruro mbumbe w’ibihugu bakomokamo byibura bigatangira kugaragara nko mu myaka 20 iri imbere.

TAGGED:AbakobwafeaturedIkoranabuhangaMicrosoftMudasobwaUbumenyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inyeshyamba Zagabye Igitero Muri Uganda
Next Article Ikinyuranyo Mu Buryo Abagabo n’Abagore Bagerwaho Na Serivisi z’Imari Cyageze Kuri 1%
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?