Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Min Biruta Na Perezida Wa Sena Y’U Rwanda Bagiye Muri Niger
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Min Biruta Na Perezida Wa Sena Y’U Rwanda Bagiye Muri Niger

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2021 4:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr Augustin Iyamuremye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta bagiye muri Niger guhagararira Perezida Kagame Paul mu muhango kurahirira kuyobora Niger kwa Perezida Bazoum Mohamed.

Mohamed Bazoum uherutse gutorerwa kuyobora Niger yavutse tariki 1, Mutarama, 1960.  Yatorewe kuyobora Niger tariki 2, Mata, 2021.

Mbere y’uko abitorerwa, yari asanzwe ayobora ishyaka ryitwa Parti Nigerien pour La Démocratie et Le Socialisme (PNDS-Tarayya).

Yigeze kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga guhera muri 1995 kugeza muri 1996, ava kuri uyu mwanya ariko aza kuwugarukaho guhera muri 2011 kugeza muri 2015.

Yabaye kandi Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu hagati ya 2016 na 2020, nyuma aza kwegura kuri uyu mwanya, atangira kwitegura kuziyamamariza kuyobora Niger.

Yatsinze Bwana Mahamane Ousmane bari bawuhangiyeho, ahita aba Umunya Niger wa mbere ukomoka mu Barabu bo mu bwoko bw’aba Diffa uyoboye Niger.

Bwana Mohamed Bazoum yatsinze ku majwi angana na 55.67%.

TAGGED:BazoumBirutafeaturedIyamuremyeKagameNigerRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I Bujumbura Bishimiye Icyemezo U Rwanda Ruherutse Gufata
Next Article Guverinoma Y’U Rwanda Hari Icyo Yatangaje Ku Cyemezo Cyafatiwe Bagosora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Na Saudi Arabia Mu Gufasha Abaturage Gutekesha Gazi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?