Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Min Ngamije N’Umunyamerika Ufite Uruganda Rukora Imiti Basuye Kirehe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Min Ngamije N’Umunyamerika Ufite Uruganda Rukora Imiti Basuye Kirehe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 June 2021 7:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yaherekeye H Fisk Johnson washinze akayobora Ikigo gikora imiti kitwa  SCJohnson bajya gusura ivuriro riri ahitwa Saruhembe mu Murenge wa Mahama, Akarere ka Kirehe mu rwego rwo gukurikirana uko abahaturiye bakingirwa COVID-19.

Basanze hari kubera igikorwa cyo gukingira abaturage bajeje cyangwa barengeje imyaka 60 y’amavuko.

C. Johnson & Son, Inc ni ikigo gikorera muri Amerika ahitwa Racine muri Leta ya Winsconsin.

Gikora ibikoresho bitandukanye birimo ibikoreshwa isuku mu ngo, imiti n’ibindi.

Kugeza ubu gikoresha abakozi barenga 13 000 ku isi, kikabarirwa umutungo mbumbe wa

Umuyobozi wa kiriya kigo ni umwe mu bafatanyabikorwa ba Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda mu nzego nyinshi harimo kubaka no gushyira ibikoresho mu mavuriro y’ibanze.

Ubu byamaze gushyirwa mu bigo 64 birimo 10 biri ku rwego rwa kabiri, ni ukuvuga ibishobora gutanga serivisi zisumbuyeho nko kubyaza, ubuvuzi bw’amenyo, gutanga amaso n’ibindi.

Ubwo bari bageze muri kariya gace
Abafite cyangwa barengeje imyaka 60 y’amavuko barakingiwe
Umuganga asuzuma ibipimo byo kwa muganga
TAGGED:featuredGukingiraKireheNgamije
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bushinwa Si Igikoko Gishaka ‘Guconcomera Ubukungu Bwose’ Bw’Afurika
Next Article Gucukura Ibuye Rya Cobalt Nirwo Rupfu Rw’Abana Bakora Mu Birombe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?