Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Min Utumatwishima Yabwiye Perezida Kagame Ubutumwa Yahawe N’Urubyiruko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Min Utumatwishima Yabwiye Perezida Kagame Ubutumwa Yahawe N’Urubyiruko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 January 2024 2:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri Nepo Abdallah Utumatwishima yabwiye Perezida Kagame ko urubyiruko rwamutumye ngo amubwire ko rumufataho urugero.

Ati: ‘Urubyiruko rwinshi niyo turebye ibyo bandika ku mbuga nkoranyambaga urubyiruko rugukunda ijana ku ijana.”

Avuga ko binagaragarira kubyo bita hashtag yiswe PK, akavuga ko kuba babimutumye akaba atumitse ari iby’igikundiro.

Min Utumatwishima avuga ko urubyiruko rwifuza kubana na Perezida Kagame ubu no mu gihe kizaza.

Urubyiruko kandi rwabwiye Minisitiri w’urubyiruko ko urubyiruko rwifuza gukora nk’uko akora ndetse ngo n’urubyiriko rw’abahinzi rwifuza kumera nka Perezida Kagame.

Minisitiri Nepo Abdallah Utumatwishima yagiriye urubyiruko inama yo kwigira kuri Perezida Kagame amasomo arimo kwiyoroshya.

Ati:” Twige kwiyoroshya nk’uko mubigenza Nyakubahwa Perezida wa Repubulika”

Yasabye urubyiruko kandi kumenya kurinda amarangamutima yarwo bakamenya kwirinda gutukana.

Avuga ko iyo Perezida Kagame aza kuba atazi gucunga azatangira ye aba yarasabye urubyiruko rugafata intwaro rukambuka.

Inama y’igihugu y’Umushyikirano iri ku munsi wayo wa kabiri ari nawo wa nyuma.

TAGGED:featuredKagameMinisiteriRwandaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imirwano Irakomeye Muri Somalia
Next Article Perezida Kagame Asaba Ko Umuyobozi Udashoboye Ava Mu Kazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?