Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Min Utumatwishima Yabwiye Perezida Kagame Ubutumwa Yahawe N’Urubyiruko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Min Utumatwishima Yabwiye Perezida Kagame Ubutumwa Yahawe N’Urubyiruko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 January 2024 2:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri Nepo Abdallah Utumatwishima yabwiye Perezida Kagame ko urubyiruko rwamutumye ngo amubwire ko rumufataho urugero.

Ati: ‘Urubyiruko rwinshi niyo turebye ibyo bandika ku mbuga nkoranyambaga urubyiruko rugukunda ijana ku ijana.”

Avuga ko binagaragarira kubyo bita hashtag yiswe PK, akavuga ko kuba babimutumye akaba atumitse ari iby’igikundiro.

Min Utumatwishima avuga ko urubyiruko rwifuza kubana na Perezida Kagame ubu no mu gihe kizaza.

Urubyiruko kandi rwabwiye Minisitiri w’urubyiruko ko urubyiruko rwifuza gukora nk’uko akora ndetse ngo n’urubyiriko rw’abahinzi rwifuza kumera nka Perezida Kagame.

Minisitiri Nepo Abdallah Utumatwishima yagiriye urubyiruko inama yo kwigira kuri Perezida Kagame amasomo arimo kwiyoroshya.

Ati:” Twige kwiyoroshya nk’uko mubigenza Nyakubahwa Perezida wa Repubulika”

Yasabye urubyiruko kandi kumenya kurinda amarangamutima yarwo bakamenya kwirinda gutukana.

Avuga ko iyo Perezida Kagame aza kuba atazi gucunga azatangira ye aba yarasabye urubyiruko rugafata intwaro rukambuka.

Inama y’igihugu y’Umushyikirano iri ku munsi wayo wa kabiri ari nawo wa nyuma.

TAGGED:featuredKagameMinisiteriRwandaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imirwano Irakomeye Muri Somalia
Next Article Perezida Kagame Asaba Ko Umuyobozi Udashoboye Ava Mu Kazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?