Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: MINICOM Yaburiye Abanyarwanda Ku Kigo CHY Gikora Ubucuruzi Bw’Uruhererekane
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

MINICOM Yaburiye Abanyarwanda Ku Kigo CHY Gikora Ubucuruzi Bw’Uruhererekane

admin
Last updated: 19 March 2021 5:36 am
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM) yasabye Abanyarwanda kwirinda gukorana n’ikigo CENTURY HENG YUE (CHY), cyiyandikishije mu Rwanda nk’ikigo gikora ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga ariko kigatangira gukora ubucuruzi bw’uruhererekane buzwi nka’pyramide’.

Ubwo bucuruzi umuntu asabwa gutanga amafaranga aba yitwa ko ari ayo kugura iduka mu Bushinwa mu cyitwa CHY MALL, umuntu akajya ahabwa inyungu ku mafaranga yatanze hagati y’iminsi 10-12.

Iyo yinjije undi muntu muri ubwo bucuruzi na we agatangamo amafaranga, ahabwa inyungu ari nabyo bituma butangira kuba ubuzuruzi bw’uruhererekane.

Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kane, MINICOM yavuze ko ikigo CENTURY HENG YUE (CHY) gikomeje gukora ibyo kitaherewe uburenganzira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iti “MINICOM iramenyesha abantu bose ko sosiyete y’ubucuruzi yitwa CENTURY HENG YUE (CHY), ubusanzwe yanditswe muri RDB ko igomba gukora ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga (e-commerce), yabirenzeho ahubwo igatangiza ubundi bucuruzi butemewe buzwi ku izina rya piramide, aho basaba abantu amafaranga babizeza inyungu yizewe kandi yihuse.”

“Bityo, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda iraburira abantu bose kwirinda kugira imikoranire y’ubucuruzi bwa piramide hamwe n’iyi sosiyete.”

Ni icyemezo byatangajwe ko cyafashwe hashingiwe ku igenzura MINICOM yakoze ifatanyije n’izindi nzego zirimo Minisiteri y’Ikoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo, Banki Nkuru y’u Rwanda, Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) n’Urwego rw’Abikorerera (PSF).

TAGGED:CENTURY HENG YUE (CHY)featuredMINICOM
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article The Rise Fund Yaguze Imigabane Ya Miliyoni $200 Mu Bucuruzi Bwa Airtel Money
Next Article Shampiyona Zo Mu Cyiciro Cya Mbere Zakomorewe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyamasheke: Umukecuru Warokotse Jenoside Yishwe Atemwe

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Papa Aratangira Inshingano Ze Ku Mugaragaro

Kagame Yaganiye Na NBA Africa Uko Basket Yatezwa Imbere Kurushaho

Israel Yatangije Ibitero Bikomeye Kuri Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?