Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisante Irishimira Ko Iminsi Ibaye Itatu Ntawe Marburg Ihitanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbuzima

Minisante Irishimira Ko Iminsi Ibaye Itatu Ntawe Marburg Ihitanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 October 2024 6:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima Dr. Yvan Butera avuga ko kuba iminsi ibaye itatu nta muntu Marburg ihitanye, ari ikimenyetso ko bidatinze izaba yacitse mu gihugu.

Butera avuga ko guhera taliki 15 kugeza taliki 18, Ukwakira, 2024 nta muntu kiriya cyorezo cyahitanye.

Ku rundi ruhande, hari abari bakirwaye bagikize.

Dr. Butera ati: ” Tumaze iminsi itatu nta muntu iki cyorezo cyahitanye, kikaba ikimenyetso cy’uko ingamba zashyizweho mu kucyirwanya zatanze umusaruro mwiza”.

Yemeza gupima kare abantu ngo harebwe abanduye bakavurwa kare biri mu byatumye abantu bakira kandi kwanduzanya birakumirwa.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr. Yvan Butera aburira abantu ko badakwiye kwirara ngo bumve ko bagihigitse burundu, ahubwo akemeza ko iki ari igihe cyo kwirinda cyane ngo hatagira abandi bandura.

Icyorezo Marburg kimaze igihe gito kigeze mu Rwanda.
Kimaze guhitana abarenga 14 ariko hari benshi bagikize, kandi n’abakirwaye baragabanutse bigaragara.

Abantu 1000 bamaze gukingirwa Marburg

N’ubwo ari uko bimeze ariko, Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana aherutse kubwira itangazamakuru ko bataramenya aho cyateye gituruka.

TAGGED:ButerafeaturedIcyorezoIndwaraMarburgNsanzimanaUbuzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Mu Rwanda Harateganywa Gahunda Ya ‘Gira Inkoko’?
Next Article Musafili Na Musabyimana Bavanywe Muri Guverinoma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?