Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Yashyize Indabo Ku Imva Intwari Z’u Rwanda Ziruhukiyemo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yashyize Indabo Ku Imva Intwari Z’u Rwanda Ziruhukiyemo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 February 2024 11:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Edouard Ngirente niwe wahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kwibuka no kunamira intwari zabohoye u Rwanda, uyu muhango ukaba uba buri taliki 01, Gashyantare, buri mwaka.

Bizihije ubutwari bw’Abanyarwanda kuva mu basekuru kugeza n’ubu

Ni umuhango kandi witabiriwe n’Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye, uhagarariye ba Ambasaderi mu RwandaAmb. Guy Nestor Itoua usanzwe uhagarariye Repubulika ya Congo Brazzaville mu Rwanda n’abandi.

Amb. Guy Nestor Itoua

Intwari z’u Rwanda zibukwa kuri uyu munsi ni izaharaniye ko Abanyarwanda babana bunze ubumwe kandi bose bakaba mu gihugu cyabo.

Hari n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu

Perezida Paul Kagame ari muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu ruzinduko rw’akazi aho agomba kuzaganira n’Abanyarwanda batuye iki gihugu ndetse n’abazaturuka ahandi baje muri Rwanda Day izatangira kuri uyu wa Gatanu taliki 02, Gashyantare, 2024.

Mbere y’uko uyu munsi ugera, kuri uyu wa Kane yabanje guhura n’abanyacyubahiro bo muri Amerika baje kwitabira amasengesho yo gusabira iki gihugu aba buri wa Kane wa buri Cyumweru cya mbere Gashyantare buri mwaka guhera mu mwaka wa 1953.

TAGGED:AmerikafeaturedIntebeIntwariKagameMinisitiriNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Pologne Arateganya Gusura u Rwanda
Next Article Ngororero: Ababyaza Bakurikiranyweho Gukomeretsa Uruhinja Rugapfa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?