Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bice Bimwe By’Ubushinwa Ubushyuhe Bwageze Kuri 40°C
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Bice Bimwe By’Ubushinwa Ubushyuhe Bwageze Kuri 40°C

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 July 2023 11:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashinwa batuye muri imwe mu mijyi minini bugarijwe n’ubushyuhe bwinshi ndetse buza kurenga 40°C.

Imijyi yibasiwe n’ubu bushyuhe ni Umurwa mukuru Beijing,Hebei na Henan.

Ikigo cy’Ubushinwa gishinzwe iby’ikirere kivuga ko n’ahandi mu gihugu abantu bakwiye kongera ubwinshi bw’amazi banywa,  bakagashaka imitaka yo kubarinda izuba kandi abana n’abantu bakuru bakitabwaho.

Abana, abantu  bakuru ndetse n’abagore batwite nibo bantu bakunze kwibasirwa n’indwara cyangwa ibindi bintu bigira ingaruka ku buzima.

Abaturage baragirwa inama yo kunywa amazi menshi no kwitwikira izuba

Biterwa ahanini n’uko imibiri yabo iba idafite ubudahangarwa buhagije.

Kuba ubushyuhe bugera kuri 40°C ni ikintu kibi ku buzima bw’abantu kubera ko ubusanzwe umuntu muzima agira 37°C.

Imwe mu mpamvu ikomeye ihurizwaho n’abahanga mu bituma ibice byinshi by’isi bishyuha ni uko inganda zo mu bihugu bikize zikomeje kohereza mu kirere ibyuka bigihumanya.

Ni ngombwa kumenya ko Ubushinwa ari bwo bwa mbere bufite inganda nyinshi ku isi bityo bukaba ubwa mbere mu guhumanya ikirere.

TAGGED:AbanaAbasazaBushinwaIzubaUbushyuhe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Yazanye Miliyoni Frw 4.5 Zo Guhemba Abakozi Barazimwiba
Next Article Minisitiri W’Intebe Yagarutse K’Ubufatanye Bwa Leta N’Abikorera Muri Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?