Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bice Bimwe By’Ubushinwa Ubushyuhe Bwageze Kuri 40°C
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Bice Bimwe By’Ubushinwa Ubushyuhe Bwageze Kuri 40°C

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 July 2023 11:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashinwa batuye muri imwe mu mijyi minini bugarijwe n’ubushyuhe bwinshi ndetse buza kurenga 40°C.

Imijyi yibasiwe n’ubu bushyuhe ni Umurwa mukuru Beijing,Hebei na Henan.

Ikigo cy’Ubushinwa gishinzwe iby’ikirere kivuga ko n’ahandi mu gihugu abantu bakwiye kongera ubwinshi bw’amazi banywa,  bakagashaka imitaka yo kubarinda izuba kandi abana n’abantu bakuru bakitabwaho.

Abana, abantu  bakuru ndetse n’abagore batwite nibo bantu bakunze kwibasirwa n’indwara cyangwa ibindi bintu bigira ingaruka ku buzima.

Abaturage baragirwa inama yo kunywa amazi menshi no kwitwikira izuba

Biterwa ahanini n’uko imibiri yabo iba idafite ubudahangarwa buhagije.

Kuba ubushyuhe bugera kuri 40°C ni ikintu kibi ku buzima bw’abantu kubera ko ubusanzwe umuntu muzima agira 37°C.

Imwe mu mpamvu ikomeye ihurizwaho n’abahanga mu bituma ibice byinshi by’isi bishyuha ni uko inganda zo mu bihugu bikize zikomeje kohereza mu kirere ibyuka bigihumanya.

Ni ngombwa kumenya ko Ubushinwa ari bwo bwa mbere bufite inganda nyinshi ku isi bityo bukaba ubwa mbere mu guhumanya ikirere.

TAGGED:AbanaAbasazaBushinwaIzubaUbushyuhe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Yazanye Miliyoni Frw 4.5 Zo Guhemba Abakozi Barazimwiba
Next Article Minisitiri W’Intebe Yagarutse K’Ubufatanye Bwa Leta N’Abikorera Muri Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

You Might Also Like

Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Hezbollah Yarahiriye Kuzihorera Kuri Israel Kubera Umuyobozi Wayo Iherutse Kwica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Uwayoboraga Guinea-Bissau Yahungiye Muri Senegal

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abahitanywe N’Inkongi Muri Hong Kong Biyongereye, Ikizere Ku Barokotse Cyakendereye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?