Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Kwezi Kumwe Ingabo Z’u Bufaransa Zirava No Muri Burkina Faso
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Kwezi Kumwe Ingabo Z’u Bufaransa Zirava No Muri Burkina Faso

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2023 7:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mwaka wa 2022 ingabo z’u Bufaransa zazinze utwangushye ziva i Gao muri Mali aho zari zimaze imyaka zikambitse. Nyuma yo kwirukanwa muri iki gihugu zimwe zagiye muri Burkina Faso none n’aho zasabwe kuhava vuba na bwangu.

Ubutegetsi bwa Captaine Ibrahim Traoré bwavuze ko budakeneye ingabo z’u Bufaransa ku butaka bwa Burkina faso.

Nyuma yo kuva muri Mali, ingabo z’u Bufaransa zagiye gushing ibirindiro muri Niger, muri Tchad no muri Burkina Faso.

Muri Burkina Faso zari zihafite umutwe w’abasirikare 400 b’abakomando.

Nyuma yo kubisabwa n’ubuyobozi bw’i Ouagadougou, byabaye ngombwa ko u Bufaransa buva ku izima bukemera ko mu gihe kitarenze ukwezi kumwe, buzaba bwavanye abasirikare babwo muri Burkina Faso.

Bamwe mu bibirebera hafi, bavuga ko bariya basirikare nibahava, bizaha icyuho ibitero by’iterabwoba ku ngabo za Burkina Faso ariko k’urundi ruhande, ubutegetsi bwa Captaine Traoré buvuga ko buzabaga bukifasha aho gukorerwamo n’ingabo z’ikindi gihugu.

Umuvuno Wa Gisirikare W’u Bufaransa Nyuma Yo Kuva Muri Mali

TAGGED:BufaransaBurkinaIngaboMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Ruzahabwa Miliyoni $319 Zo Guhangana N’Ikirere
Next Article Uwatozaga Bugesera FC Yagizwe Umutoza W’Ikipe Y’Igihugu Y’u Burundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?