Mu Mafoto: Abahinde Bo Mu Rwanda Batashye Ingoro Yabo Ya Mbere Yo Gusengeramo

Abana batozwa bakiri bato indirimbo za kidini
Ababyeyi baba bambaye bikwije
Abagabo nabo bagira uko bambara iyo bafite inshingano muri iri dini
Uyu mugore yari yahimbawe

Ni ubwo bwa mbere mu myaka irenga 100 Abahinde bageze mu Rwanda, bubatse ingoro y’idini ry’abo ry’Abahindu.

Ni ingoro yubatswe mu  Karere ka Kicukiro ahitwa i Nyanza hafi y’ahari gare ya Nyanza uzamuka ugana ku Irebero.

Ikikijwe n’ubusitani bwiza kandi ahantu hari amahumbezi.

Ubwo yatahagwa, hari Abahinde b’ingeri zose  barimo abana, abagore, abagabo abasaza n’abakecuru..bose bari bazanywe no gutaha urwo rusengero rw’imana zabo kuko bagira nyinshi.

- Advertisement -

Icyakora iyitwa Krishnah niyo izitegeka ikaba n’isoko y’uburumbuke n’amahirwe by’Abahinde.

Ingoro iri Kicukiro ugana ku Irebero
Krishinah ni imana yubahwa cyane mu idini ry’Abahindu
Igiti kigororwa kikiri gito. Abana baje kwiga indangagaciro z’Abahinde
Abana bari baje kureba aho bazajya basengera

Amafoto@Taarifa.Rwanda

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version