Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Igitaramo Cya Israel Mbonyi Cyitabiriwe Bishimishije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Mu Mafoto: Igitaramo Cya Israel Mbonyi Cyitabiriwe Bishimishije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2022 12:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi nyarwanda usanzwe uririmba indirimbo zihimbaza Imana witwa Israel Mbonyi yabwiye Taarifa ko igitaramo yaraye akoreye muri Israel cyamushimishije cyane.

Avuga ko asanzwe akunda kiriya gihugu kubera ko ari igihugu cy’amateka ya Bibiliya, igitabo yubaha cyane.

Ni igitabo kandi akunda gukuramo inganzo akoresha ahimba indirimbo.

Amafoto y’igitaramo yakoresheje yerekana ko igitaramo cye kitabiriwe bishimishije.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni igitaramo cyitabiriwe kandi na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Dr Ron Adam.

Igitaramo cye cyabeye ku musozi wa Carmel, uyu ukaba uvugwa muri Bibiliya mu gitabo cy’Abami ba Mbere 18:20-39 ahavuga ko umuhanuzi Eliya yasenze Imana y’ukuri ikamwumva  umuriro ukamanuka ugatwika igitambo ibigirwamana bya Baal byari byananiwe gutwika.

Izi Baal zari zarazanywe Yezebeli wari umugore w’umwami Ahabu.

Mbonyi acuranga gitari
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Ron Adam
Avraham Tal umwe mu bahanzi bo muri Israel bakunzwe kurusha abandi
Igitaramo cyabereye ahitwa ku musozi wa Carmel
We na Tal baririmbye One Love
Mbonyi yabwiye Taarifa ko Israel ari igihugu akunda
Azataha taliki 24, Mata, 2022
Afite itsinda ririni ry’abahanzi bamuherekeje
TAGGED:AmbasaderifeaturedIsraelMbonyiUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuhungu Wa Faustin Twagiramungu Yapfuye
Next Article Muzane Umugabo Mu Migambi Yanyu- Umuyobozi W’Ihuriro Ry’Abagore B’Abanyarwandakazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?