Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Igitaramo Cya Israel Mbonyi Cyitabiriwe Bishimishije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Mu Mafoto: Igitaramo Cya Israel Mbonyi Cyitabiriwe Bishimishije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2022 12:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi nyarwanda usanzwe uririmba indirimbo zihimbaza Imana witwa Israel Mbonyi yabwiye Taarifa ko igitaramo yaraye akoreye muri Israel cyamushimishije cyane.

Avuga ko asanzwe akunda kiriya gihugu kubera ko ari igihugu cy’amateka ya Bibiliya, igitabo yubaha cyane.

Ni igitabo kandi akunda gukuramo inganzo akoresha ahimba indirimbo.

Amafoto y’igitaramo yakoresheje yerekana ko igitaramo cye kitabiriwe bishimishije.

Ni igitaramo cyitabiriwe kandi na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Dr Ron Adam.

Igitaramo cye cyabeye ku musozi wa Carmel, uyu ukaba uvugwa muri Bibiliya mu gitabo cy’Abami ba Mbere 18:20-39 ahavuga ko umuhanuzi Eliya yasenze Imana y’ukuri ikamwumva  umuriro ukamanuka ugatwika igitambo ibigirwamana bya Baal byari byananiwe gutwika.

Izi Baal zari zarazanywe Yezebeli wari umugore w’umwami Ahabu.

Mbonyi acuranga gitari
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Ron Adam
Avraham Tal umwe mu bahanzi bo muri Israel bakunzwe kurusha abandi
Igitaramo cyabereye ahitwa ku musozi wa Carmel
We na Tal baririmbye One Love
Mbonyi yabwiye Taarifa ko Israel ari igihugu akunda
Azataha taliki 24, Mata, 2022
Afite itsinda ririni ry’abahanzi bamuherekeje
TAGGED:AmbasaderifeaturedIsraelMbonyiUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuhungu Wa Faustin Twagiramungu Yapfuye
Next Article Muzane Umugabo Mu Migambi Yanyu- Umuyobozi W’Ihuriro Ry’Abagore B’Abanyarwandakazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?