Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Igitaramo Cya Israel Mbonyi Cyitabiriwe Bishimishije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Mu Mafoto: Igitaramo Cya Israel Mbonyi Cyitabiriwe Bishimishije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2022 12:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi nyarwanda usanzwe uririmba indirimbo zihimbaza Imana witwa Israel Mbonyi yabwiye Taarifa ko igitaramo yaraye akoreye muri Israel cyamushimishije cyane.

Avuga ko asanzwe akunda kiriya gihugu kubera ko ari igihugu cy’amateka ya Bibiliya, igitabo yubaha cyane.

Ni igitabo kandi akunda gukuramo inganzo akoresha ahimba indirimbo.

Amafoto y’igitaramo yakoresheje yerekana ko igitaramo cye kitabiriwe bishimishije.

Ni igitaramo cyitabiriwe kandi na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Dr Ron Adam.

Igitaramo cye cyabeye ku musozi wa Carmel, uyu ukaba uvugwa muri Bibiliya mu gitabo cy’Abami ba Mbere 18:20-39 ahavuga ko umuhanuzi Eliya yasenze Imana y’ukuri ikamwumva  umuriro ukamanuka ugatwika igitambo ibigirwamana bya Baal byari byananiwe gutwika.

Izi Baal zari zarazanywe Yezebeli wari umugore w’umwami Ahabu.

Mbonyi acuranga gitari
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Ron Adam
Avraham Tal umwe mu bahanzi bo muri Israel bakunzwe kurusha abandi
Igitaramo cyabereye ahitwa ku musozi wa Carmel
We na Tal baririmbye One Love
Mbonyi yabwiye Taarifa ko Israel ari igihugu akunda
Azataha taliki 24, Mata, 2022
Afite itsinda ririni ry’abahanzi bamuherekeje
TAGGED:AmbasaderifeaturedIsraelMbonyiUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuhungu Wa Faustin Twagiramungu Yapfuye
Next Article Muzane Umugabo Mu Migambi Yanyu- Umuyobozi W’Ihuriro Ry’Abagore B’Abanyarwandakazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Icyerekezo Minisiteri Y’Uburezi Ifite Ku Mubare W’Abarimu

Umuyobozi Wa Polisi Ashima Umusanzu W’Iya Eswatini 

Menya Uko u Rwanda Rwakiriye Amasezerano Yasinywe Hagati Ya Kinshasa Na AFC/M23

Ruhango: Arakekwaho Kwicisha Nyirakuru Inkoni

Kicukiro: Abagore Bigishijwe Ko Burya Amafaranga Abyara Andi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

You Might Also Like

Mu mahanga

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

2.9% By’Abanyarwanda Bafite Diyabete:RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?