Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Uko Byifashe I Kibeho Aho Bizihiza Amabonekerwa Ya Bikira Mariya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Mafoto: Uko Byifashe I Kibeho Aho Bizihiza Amabonekerwa Ya Bikira Mariya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 November 2023 2:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu bagera ku 50,000 ubu nibo babarwa ko bageze i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru mu gikorwa cyo kuzirikana isabukuru y’imyaka 40 ishize  Bikira Mariya abonekeye abigaga mu bigo by’aho.

Aba bantu baje baturuka hirya no hino mu Rwanda, mu Karere ruherereyemo ndetse na kure mu Burayi.

Bisi nini zaje zirututse muri Uganda, Kenya, izindi ziva mu bindi bihugu zizanye abihaye Imana n’abandi bemeramana mu ngeri zitandukanye.

Ibi bituma Kibeho iba ahantu hatagatifu,hakorerwa ubukerarugendo.

Baje kwibuka ko Bikira Mariya yigeze kuhigaragariza
Bamushimira ko ari Nyina wa Jambo
Imibare yemeza ko abitabiriye iki gikorwa bagera kuri 50,000
Bisi nini zazanye abantu zibavanye iyo bigwa
Ni ku nshuro ya 40 bibaye
Ababikira baturutse no muri Espagne
Biganjemo ab’igitsina gore
TAGGED:AbaturageBikiraKibehoMariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwamagana: Gushakisha Ibuye Rya Lithium Byatangiye Ku Mugaragaro
Next Article Kigali: Pick-Ups ‘Zari Ziherutse’ Kwemererwa Gutwara Abagenzi Zahagaritswe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Umusaruro Mbumbe W’ u Rwanda Wazamutseho 11.8% Mu Gihembwe Cya Gatatu

You Might Also Like

Mu Rwanda

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abana Bafite Ubumuga Baracyahishwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rusizi: Hafatiwe Uvugwaho Gusiga Yishe Sewabo Wagaba i Rulindo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?