Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mujyi Wa Rusizi Barataka Kubura Amazi Mu Gihe Kirekire
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Mu Mujyi Wa Rusizi Barataka Kubura Amazi Mu Gihe Kirekire

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 March 2024 1:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abenshi mu bataka kubura amazi ni abo mu Mirenge ya Kamembe na Gihundwe. Bavuga ko byatewe n’uko hari umuyoboro w’amazi wacitse.

Muri iki gihe bavuga ko ijerekani imwe igura Frw 500 kandi nayo kuyabona ni ingorabahizi.

Uruganda rutunganya amazi agenewe abatuye muri aka gace rwagize ikibazo biba ngombwa ko uwo muyoboro usanwa.

Kwangirika kwatumye igice kinini cy’umujyi wa Rusizi kibura amazi.

Niyo mpamvu abatuye uyu mujyi basaba Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi muri Rusizi kureba uko bagarura amazi abantu bakongera gukora isuku n’isukura.

Umwe mu baturage b’aho witwa Musenge Marie Ange yabwiye UMUSEKE ko hari abaturage batangiye kuyoboka amazi y’ibishanga.

Ubuyobozi bwa WASAC muri Rusizi witwa Alexandre Ngamije avuga ko bari gukora uko bashoboye ngo amazi agaruke mu baturage batuye uyu mujyi wose.

Asobanura ko hari ikiza(Ibiza mu bwinshi) cyatumye uriya muyoboro usenyuka.

Muri Rusizi hakunze kugaragara ibura ry’amazi.

Amwe mu masoko y’amazi abaturage bavomagaho amazi yo kunywa mu minsi ishize yibasiwe n’ibiza arasenyuka.

TAGGED:AmaziRusiziWASAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngororero: Umubyeyi W’Abana Batatu Wari Warabuze Yabonetse Yarapfuye
Next Article Amafoto: Uko Ukwezi K’Umugore Mu Banyarwandakazi Bo Muri Utah Kwizihijwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

Haratutumba Intambara Hagati Ya Chad N’Abarwanyi Bo Muri Sudan

Nigeria Yahaye Amerika Amakuru Yayifashije Kurasa Abahezanguni B’Abisilamu

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

You Might Also Like

Mu Rwanda

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rusizi: Hafatiwe Uvugwaho Gusiga Yishe Sewabo Wagaba i Rulindo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?