Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mujyi Wa Rusizi Barataka Kubura Amazi Mu Gihe Kirekire
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Mu Mujyi Wa Rusizi Barataka Kubura Amazi Mu Gihe Kirekire

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 March 2024 1:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abenshi mu bataka kubura amazi ni abo mu Mirenge ya Kamembe na Gihundwe. Bavuga ko byatewe n’uko hari umuyoboro w’amazi wacitse.

Muri iki gihe bavuga ko ijerekani imwe igura Frw 500 kandi nayo kuyabona ni ingorabahizi.

Uruganda rutunganya amazi agenewe abatuye muri aka gace rwagize ikibazo biba ngombwa ko uwo muyoboro usanwa.

Kwangirika kwatumye igice kinini cy’umujyi wa Rusizi kibura amazi.

Niyo mpamvu abatuye uyu mujyi basaba Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi muri Rusizi kureba uko bagarura amazi abantu bakongera gukora isuku n’isukura.

Umwe mu baturage b’aho witwa Musenge Marie Ange yabwiye UMUSEKE ko hari abaturage batangiye kuyoboka amazi y’ibishanga.

Ubuyobozi bwa WASAC muri Rusizi witwa Alexandre Ngamije avuga ko bari gukora uko bashoboye ngo amazi agaruke mu baturage batuye uyu mujyi wose.

Asobanura ko hari ikiza(Ibiza mu bwinshi) cyatumye uriya muyoboro usenyuka.

Muri Rusizi hakunze kugaragara ibura ry’amazi.

Amwe mu masoko y’amazi abaturage bavomagaho amazi yo kunywa mu minsi ishize yibasiwe n’ibiza arasenyuka.

TAGGED:AmaziRusiziWASAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngororero: Umubyeyi W’Abana Batatu Wari Warabuze Yabonetse Yarapfuye
Next Article Amafoto: Uko Ukwezi K’Umugore Mu Banyarwandakazi Bo Muri Utah Kwizihijwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Nirwo Rwego Rwongereye Amanota Abaturage Baha Inzego

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

Muri Somalia Byifashe Bite?

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?