Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mugabe Ntakiri Umukinnyi Wa Patriots BBC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Mugabe Ntakiri Umukinnyi Wa Patriots BBC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2024 2:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aristide Mugabe wari umaze imyaka irindwi akinira iyi kipe iri mu muzikomeye muri Basketaball y’u Rwanda yayisezeyeho. Yashimiye abamubaye hafi mu myaka amaze akinira iyi kipe.

Iby’uko yayivuyemo yabitangarije ku rukuta rwe rwa X.

Ni umwe mu bakinnyi b’abahanga  ba Basketaball u Rwanda rwagize.

Kuri X yanditse ati:  “Mbega urugendo! Ibikombe bitanu bya Shampiyona mu myaka irindwi idasanzwe ndi kumwe na Patriots. Byari byiza n’abavandimwe, abatoza, ubuyobozi n’abafana bacu. Byari iby’agaciro kuba muri uyu muryango mwiza nka Patriots.”

Yaboneyeho no gutangaza ko agiye mu yindi kipe yita Kepler BBC akayibera umukinnyi n’umutoza wungirije.

Azungiriza umutoza w’Umunya-Uganda, Mandy Juruni watwaye ibikombe bine bya Shampiyona ya Uganda ari kumwe na City Oilers.

Mugabe yakiniye Ikipe y’Igihugu imyaka 11, imyinshi muri yo ayimara ari Kapiteni.

Mu mwaka wa 2007 ni bwo yatangiye gukina mu cyiciro cya mbere ubwo yari muri Rusizi BBC yamazemo imyaka ibiri, mbere yo kwerekeza muri Espoir BBC.

Mu mwaka wa 2015 yakomereje muri Patriots BBC aho yubakiye izina rikomeye.

Muri rusange, Mugabe yegukanye Ibikombe bya Shampiyona umunani aba umukinnyi mwiza muri Shampiyona inshuro ebyiri (2012 na 2013).

Mugabe yahembwe kenshi ashimirwa imikinire ye iboneye
TAGGED:BasketballfeaturedMugabePatriotsShampiyonaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article KNC Yivuguruje Ku Cyemezo Cyo Gusesa Gasogi United
Next Article 9% Bya Postes de Santé Ntizikora Neza- Min Nsanzimana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?