Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhoozi Arashaka Kurasa Abacanshuro Bo Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muhoozi Arashaka Kurasa Abacanshuro Bo Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2024 8:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Gen Muhoozi avuga ko azarasa abacanshuro b'Abazungu bakorera muri DRC
SHARE

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko guhera tariki 02, Mutarama, 2025 ingabo ze zizarasa abacanshuro b’Abazungu bakorera mu bice bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho Uganda yohereje abasirikare bayo.

Uganda ifite abasirikare babarirwa mu bihumbi yohereje muri kiriya gihugu ngo bagifashe kurwanya ADF.

General Muhoozi yanditse kuri X ko ari gutanga umuburo wa nyuma kuri abo bacanshuro, ababwira ko bakwiye kureka ibyo barimo niba bashaka amahoro.

Kuri X yatangaje ati: “ Ubu ndaburira bwa nyuma abacanshuro b’Abazungu bakorera mu bice ingabo zanjye zirimo ko bakwiye kubicamo. Guhera tariki 02, Mutarama, 2025 tuzatangira kubagabaho ibitero”.

Abo bacanshuro bamaze igihe kirekire bakorana n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu ntambara zirwana na M23.

Hari amakuru avuga ko Muhoozi ateganya kuzajya muri DRC kuganira na Perezida Tshisekedi ku ngingo y’uburyo yaganira na Perezida Kagame ngo amahoro asagambe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

TAGGED:AbacanshuroIngaboMuhooziTshisekediUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafashe Abashakaga Kugurisha Ubutaka Bw’Undi Bamwiyitiriye
Next Article Dr. Ngirente Yakiriye Abahanga Mu By’Ingufu Za Nikeleyeri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?