Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Israel Bibutse Jenoside Yakorewe Abatutsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Israel Bibutse Jenoside Yakorewe Abatutsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 April 2024 12:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu kigo kitiriwe Yitzak Rabin kiri i Tel Aviv muri Israel habereye umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Umwe mu bitabiriye iki gikorwa ni Ambasaderi Ron Adam wahoze ahagarariye igihugu cye mu Rwanda.

Israel ni igihugu cy’inshuti y’u Rwanda ndetse na Perezida wayo Isaac Herzog ari mu Rwanda mu kwifatanya n’isi kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Bimwe mu buranga amateka ya Israel n’u Rwanda ni uko buri gihugu gituwe n’abaturage bakorewe Jenoside.

Ibi byatumye buri gihugu muri byo gifata ingamba zo guhora giharanira ko abaturage bacyo batazongera gukorerwa Jenoside cyangwa igisa nayo no guteza imbere abaturage kugira ngo habeho guhinyuza abashakaga kubarimbura.

I was privileged to take part in the #Kwibuka30 memorial by @RwandaIsrael in Tel Aviv, remembering the one million Tutsi who were murdered during the 1994 #GenocideAgainstTheTutsi in #Rwanda. pic.twitter.com/TJUIK0HY9d

— Dr. Ron Adam (@AmbRonAdam) April 7, 2024

TAGGED:AbatutsifeaturedIsraelJenosideRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufaransa Bwahaye u Rwanda Miliyoni € 400
Next Article Amahitamo Yacu Yabaye Ubumwe Ngo Bube Intangiriro Ya Byose- Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?