Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Murumuna Wa Riderman Nawe Yatangiye Umuziki
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Murumuna Wa Riderman Nawe Yatangiye Umuziki

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 September 2022 2:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari abemeza ko umuraperi w’Umunyarwanda witwa Riderman ari we umaze igihe muri aka kazi kandi witwaye neza kurusha abandi. Abamuzi bavuga ko muri rusange Riderman ari umusizi kandi ukora neza bikanyura abato n’abakuru. Mu rwego rwo gufasha murumuna we witwa Bobly, ubu uyu muraperi yamwinjije mu muziki.

Icyakora Bobly we ntakora Hip hop na Rap nk’uko bimeze kuri Mukuru we.

Muhire Landry Bonfils uzwi nka Bobly yahise asohora indirimbo ye ya mbere yise Ikibindi.

Ashima mukuru we, Riderman, wemeye kumuba hafi akamufasha gukora indirimbo

Yabwiye IGIHE ati: “Njye urumva inshuro nyinshi mba ndi muri studio mfite uburyo bwo gukora indirimbo, mu minsi ishize rero nibwo mukuru wanjye yemeye kuntera ingabo mu bitugu.”

Kuba Riderman yaremeye kumushyigikira, bizamutera akanyabugabo akore cyane bityo umuziki we  uhazamukire.

Icyakora bizasaba ko uyu muhanzi yitwararika akirinda guhesha mukuru we isura mbi kandi yari amaze kuba ubukombe n’intangarugero mu bandi bahanzi.

Indirimbo ‘Ikibindi’ yakorewe muri Ibisumizi Records.

Amashusho yayo yatunganyijwe na  Ma Riva.

Riderman
TAGGED:IkibindiIndirimboRidermanUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakozi Bo Mu Rugo Bafite Akamaro Ariko Ni Abo ‘Kwitondera’
Next Article Icyo FERWACY Ivuga Ku ‘Ibura’ Rya Mugisha Samuel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Imyidagaduro

Airtel-Rwanda Na Mbonyi Barabararitse Mu Gitaramo Icyambu Tour 4

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Umuhanzi Ruzima Yafatanywe Ikirundo Cy’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?