Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Murumuna Wa Riderman Nawe Yatangiye Umuziki
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Murumuna Wa Riderman Nawe Yatangiye Umuziki

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 September 2022 2:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari abemeza ko umuraperi w’Umunyarwanda witwa Riderman ari we umaze igihe muri aka kazi kandi witwaye neza kurusha abandi. Abamuzi bavuga ko muri rusange Riderman ari umusizi kandi ukora neza bikanyura abato n’abakuru. Mu rwego rwo gufasha murumuna we witwa Bobly, ubu uyu muraperi yamwinjije mu muziki.

Icyakora Bobly we ntakora Hip hop na Rap nk’uko bimeze kuri Mukuru we.

Muhire Landry Bonfils uzwi nka Bobly yahise asohora indirimbo ye ya mbere yise Ikibindi.

Ashima mukuru we, Riderman, wemeye kumuba hafi akamufasha gukora indirimbo

Yabwiye IGIHE ati: “Njye urumva inshuro nyinshi mba ndi muri studio mfite uburyo bwo gukora indirimbo, mu minsi ishize rero nibwo mukuru wanjye yemeye kuntera ingabo mu bitugu.”

Kuba Riderman yaremeye kumushyigikira, bizamutera akanyabugabo akore cyane bityo umuziki we  uhazamukire.

Icyakora bizasaba ko uyu muhanzi yitwararika akirinda guhesha mukuru we isura mbi kandi yari amaze kuba ubukombe n’intangarugero mu bandi bahanzi.

Indirimbo ‘Ikibindi’ yakorewe muri Ibisumizi Records.

Amashusho yayo yatunganyijwe na  Ma Riva.

Riderman
TAGGED:IkibindiIndirimboRidermanUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakozi Bo Mu Rugo Bafite Akamaro Ariko Ni Abo ‘Kwitondera’
Next Article Icyo FERWACY Ivuga Ku ‘Ibura’ Rya Mugisha Samuel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?