Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Umugenzi Yapfiriye Muri Gare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Musanze: Umugenzi Yapfiriye Muri Gare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 July 2023 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Nyakanga, 2023 umugabo witwa Théogène Twagirimana yapfiriye muri Gare ya Musanze nyuma yo kugwa hasi.

Yari akiri muto kuko yari afite imyaka 37 y’amavuko.

Ubutabazi bwamukorewe ngo barebe ko yazanzamuka ntacyo bwagezeho kuko yagejejwe kwa bitaro bya Muhoza yarangije kunogoka.

Iby’urupfu rwe kandi byamejwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari byabeyeremo ka Kigombe  witwa Assoumini Mukamusoni .

Uyu muyobozi yabwiye Kigali Today dukesha iyi nkuru ko amakuru yamugezeho yavugaga ko uriya mugenzi yavaga i Musanze atashye i Gakenke.

Ati “Ni umugenzi watahaga yerekeza iwabo mu Karere ka Gakenke. Ntabwo twamenya ngo yavaga he ariko yari ari kumwe n’umuvandimwe we bageze muri gare ya Musanze yitura hasi ahita apfa”.

Umuvandimwe we witwa Marcel Birutakwinginga yabwiye ubuyobozi ko umuvandimwe we yari asanzwe arwaye.

Uwo muyobozi yavuze ko batamenye impamvu yateye uwo mugabo kwitura hasi mu buryo butunguranye, gusa ngo amakuru bahawe n’umuvandimwe we bari kumwe witwa Birutakwinginga Marcel, yemeje ko ngo yari asanzwe arwaye.

TAGGED:featuredGakenkeGareMusanzeUmugenzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Obasanjo Agiye Kunga Ruto Na Odinga
Next Article Niger: Abaturage Bigabije Ambasade Y’Ubufaransa, Batsika Ibendera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Mu Rwanda

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?