Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Umugore Yishe Umugabo We Nawe Ariyahura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Musanze: Umugore Yishe Umugabo We Nawe Ariyahura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2025 12:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taarifa Rwanda yamenye amakuru y’uko ubushyimirane bushingiye ku ikoreshwa nabi ry’umutungo bwateye umugore kwica umugabo we amutemye nawe arimanika.

Bari batuye mu Mudugudu wa Gacondo, Akagari ka Rubindi, Umurenge wa Gataraga muri Musanze.

Umugabo wishwe ni Hagenimana Innocent, umugore we akitwa Umutoni Francoise.

Abana babo nibo batabaje abaturanyi binyuze ku gutelefona, abantu baraza bica urugi basanga umugore ari mu mugozi yiyahuye, umugabo nawe yapfuye.

Abo bana ni Igenibyiza Peace maker w’imyaka umunani na murumuna we w’imyaka itatu witwa Isumbabyose Ishimwe Patient.

Abo bana basobanuriye abaje kubatabara ko Nyina yabatumye agasuka k’umuturanyi ko bari bukoreshe mu kubagara ibishyimbo, bamaze kukamuha nibwo yababwiye ngo bajye kuryama bazarya ejo.

Se yari amaze igihe agurishije ishyamba ahuriyeho na bashiki be, amafaranga avuyemo ayarya wenyine.

Ibyo ngo nibyo byateje ubushyamirane bwaje kuvamo ubwo bwicanyi.

Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Nsengimana Claudien yahumurije abaturage, abasaba kwirinda amakimbirane yo mu miryango, naho agaragaye bagatangira amakuru ku gihe, abizeza ko Akarere kabafasha ibishoboka mugutwara imirambo no kuyigarura kugira ngo ishyingurwe.

Imirambo yajyanywe ku bitaro bya Ruhengeri ngo isuzumwe.

TAGGED:AbanafeaturedKwiyahuraMusanzeUmutungo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa
Next Article Burera: Bategereje Inkunga Polisi Yabemereye Bakayibyaza Umusaruro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?