Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze Yubatse ‘Etage 60’ Mu Myaka Itanu-Meya 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Musanze Yubatse ‘Etage 60’ Mu Myaka Itanu-Meya 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 August 2025 5:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nsengimana Claudien uyobora Akarere ka Musanze ubwo yahaga ikaze abitabiriye Umuganura wabereye kuri Stade Ubworoherane mu Murenge wa Muhoza yavuze ko kuganura kwabo, bishimira byinshi birimo n’uko mu myaka itanu muri uyu Mujyi huzuye inzu bita etage 60.

Muri zo, 20 zuzuye mu mwaka wa 2024, aho uyu turimo ugereye, hamaze kuzura etages eshanu, hakaba hategerejwe kuzura izindi mu gihe gito kiri imbere.

Nsengiyumva uyobora Akarere ka Musanze avuga ko kubaka izo nzu byakozwe mu rwego kurimbisha uyu Mujyi bamwe bemeza ko ari uwa kabiri mu bunini n’iterambere nyuma ya Kigali.

Ikindi Meya avuga ko bagezeho ari ukubaha uruganda rikora Inzoga, ruha akazi benshi rukaninjiriza igihugu binyuze mu gusora.

Anishimira ko umusaruro w’ubuhinzi uzamuka, ukagira uruhare mu kugabanya indyo mbi n’igwingira bikaba uko.

Aha ariko Musanze iri mu Turere turimo Abanyarwanda benshi bafite indyo mbi ikurura igwingira.

Kutagira ubwiherero burebure kandi bukoze neza bitera abatuye Musanze kurwara indwara ziterwa n’inzoka zo mu nda.

Meya Nsengimana Claudien aherutse kubwira RBA ko Musanze ishaka ko abana bakura barya igi rimwe ku munsi.

Akarere ka Musanze ni kamwe mu Turere dutanu tugize Intara y’Amajyaruguru.

Gafite imirenge 15 ari yo Cyuve, Busogo, Gacaca, Gashaki, Gataraga, Kimonyi, Kinigi, Muhoza, Muko, Musanze, Nkotsi, Nyange, Remera, Rwaza, na Shingiro.

Ibarura riheruka rivuga ko Musanze ituwe n’abaturage 476,522

TAGGED:AkarereEtagefeaturedMeyaNsengiyumvaUmusaruro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Herekanywe Amashusho Ashinja Kabila Ubugambanyi
Next Article Minisitiri Habimana Asaba Abaturage Kuzirikana Akamaro K’Umuganura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?