Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze Yubatse ‘Etage 60’ Mu Myaka Itanu-Meya 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Musanze Yubatse ‘Etage 60’ Mu Myaka Itanu-Meya 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 August 2025 5:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nsengimana Claudien uyobora Akarere ka Musanze ubwo yahaga ikaze abitabiriye Umuganura wabereye kuri Stade Ubworoherane mu Murenge wa Muhoza yavuze ko kuganura kwabo, bishimira byinshi birimo n’uko mu myaka itanu muri uyu Mujyi huzuye inzu bita etage 60.

Muri zo, 20 zuzuye mu mwaka wa 2024, aho uyu turimo ugereye, hamaze kuzura etages eshanu, hakaba hategerejwe kuzura izindi mu gihe gito kiri imbere.

Nsengiyumva uyobora Akarere ka Musanze avuga ko kubaka izo nzu byakozwe mu rwego kurimbisha uyu Mujyi bamwe bemeza ko ari uwa kabiri mu bunini n’iterambere nyuma ya Kigali.

Ikindi Meya avuga ko bagezeho ari ukubaha uruganda rikora Inzoga, ruha akazi benshi rukaninjiriza igihugu binyuze mu gusora.

Anishimira ko umusaruro w’ubuhinzi uzamuka, ukagira uruhare mu kugabanya indyo mbi n’igwingira bikaba uko.

Aha ariko Musanze iri mu Turere turimo Abanyarwanda benshi bafite indyo mbi ikurura igwingira.

Kutagira ubwiherero burebure kandi bukoze neza bitera abatuye Musanze kurwara indwara ziterwa n’inzoka zo mu nda.

Meya Nsengimana Claudien aherutse kubwira RBA ko Musanze ishaka ko abana bakura barya igi rimwe ku munsi.

Akarere ka Musanze ni kamwe mu Turere dutanu tugize Intara y’Amajyaruguru.

Gafite imirenge 15 ari yo Cyuve, Busogo, Gacaca, Gashaki, Gataraga, Kimonyi, Kinigi, Muhoza, Muko, Musanze, Nkotsi, Nyange, Remera, Rwaza, na Shingiro.

Ibarura riheruka rivuga ko Musanze ituwe n’abaturage 476,522

TAGGED:AkarereEtagefeaturedMeyaNsengiyumvaUmusaruro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Herekanywe Amashusho Ashinja Kabila Ubugambanyi
Next Article Minisitiri Habimana Asaba Abaturage Kuzirikana Akamaro K’Umuganura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?