Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Museveni Yavuze Ko Bobi Wine Ari We Wamwibye Amajwi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Museveni Yavuze Ko Bobi Wine Ari We Wamwibye Amajwi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 March 2021 5:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Yoweli Museveni yaraye yemeye ko hari amajwi yibwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka kuba tariki 14, Mutarama, 2021 ariko akemeza ko uwo bari bahanganye[ wayatsinzwe] ari we wabyungukiyemo.

Museveni yavuze ko uduce twibwemo amajwi ari Kampala, Wakiso na Kyotera no mu tundi duce two duce two mu gihugu hagati.

Daily Monitor yanditse ko Museveni yavuze  ko uwateguye buriya bujura akaba ari nawe wabwungukiyemo ari Bwana Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine.

N’ubwo Perezida Museveni avuga ibi, uyu Bobi Wine niwe watsinzwe amatora, abantu bakibaza uko yungutse kandi yaratsinzwe!

Museveni yagize ati: “Abaturage ba Uganda bose bazi ko habayeho kwiba amajwi kandi bazi neza ko byakozwe na NUP( Ishyaka rya Bobi Wine) kandi nibo babyungukiyemo.”

Museveni avuga ko muri turiya duce yavuze haruguru ari ho Bobi Wine yibye amajwi ndetse ngo n’ikimenyimenyi ni uko ari aho yagize amajwi menshi.

Ibyatangajwe na Komisiyo y’amatora muri Uganda byerekanye ko Museveni yatsinze amatora y’Umukuru w’igihugu ku majwi 58% naho Wine atsindwa ku majwi 35%.

Nyuma yo gutsindwa amatora, Bobi Wine yaregeye urukiko rw’ikitenga ariko aza gukurayo ikirego cye, avuga ko uwo arega ariwe aregera, ko atakwizera ko azahabwa ubutabera.

TAGGED:AmajwiAmatoraBobifeaturedMuseveniWine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Bamazwe Impungenge Ku Rukingo Rwa AstraZeneca
Next Article Habitegeko ati ” Mana Uzamfashe Gusohoza Inshingano Nshya”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?