Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Yizeye Ko Makolo Na Nyombayire Bazakora Neza Akazi Bahawe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mushikiwabo Yizeye Ko Makolo Na Nyombayire Bazakora Neza Akazi Bahawe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 August 2021 9:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Louise Mushikiwabo yanditse kuri Twitter ko yizeye neza ko Madamu Yolande Makolo na Stephanie Nyombayire bazakora neza akazi baraye bahawe na Perezida Kagame.

Yolande Makolo yaraye agizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda n’aho Stephanie Nyombayire aba Umuvugizi wa Perezidansi y’u Rwanda.

Ishyirwaho ryabo ryaraye ritangajwe mu itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, rikaba ryaremejwe mu Nama y’Abaminisitiri yateranye kuwa Gatanu.

Mushikiwabo yavuze ko yizeye neza ko bariya bagore bazakora neza akazi kabo kuko ngo ‘abazi neza’ kuko bakoranye akiri Minisitiri w’ububanyi n’amahanga mu Rwanda.

Yabifurije akazi keza.

Mushikiwabo yabifurije akazi keza

Yaba Makolo yaba na Nyombayire bose bashimye Perezida Kagame wabahaye izindi nshingano, bamwizeza kuzazuzuza neza.

TAGGED:featuredKagameMakoloMushikiwaboNyombayire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mozambique Izagaragaza Igihugu Cy’Afurika Gishakira Ikindi Amahoro Koko
Next Article Imidali Irimo Guhatanirwa Mu Mikino Olempiki Ifite Agaciro Kangana Iki?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?