Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mutharika Wahoze Uyobora Malawi Arashaka Kugaruka Ku Butegetsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mutharika Wahoze Uyobora Malawi Arashaka Kugaruka Ku Butegetsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 May 2024 12:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Peter Mutharika wahoze uyobora Malawi yatangaje ko ashaka kongera kuba Perezida wa Malawi mu matora azaba mu mwaka wa 2025.

Uyu mugabo muri iki gihe afite imyaka 84 akaba ashaka kongera kuyobora Malawi nyuma y’uko mu mwaka wa 2020 yegujwe mu ishyaka Malawi Congress Party ryayoborwaga na Lazarus Chakwera, hari muri Kanama.

Mutharika yavuze ko yagarutse mu butegetsi nyuma y’uko abisabwe n’abaturage bavugaga ko barembejwe n’uko igihugu kimeze nabi.

Avuga ko kugaruka kwe kuzazahura ubukungu bwa Malawi bwazahajwe n’imiyoborere mibi y’igihugu.

The East African yanditse ko igaruka rya Mutharika muri Politiki ritangajwe nyuma y’igihe gito undi munyapolitiki witwa Kondwani Nankhumwa ashinze ishyaka yise People’s Development Party, uyu akaba yari yarirukanywe mu ishyaka riri ku butegetsi, DPP.

TAGGED:AmatorafeaturedMutharikaPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Ikoranabuhanga Mu Mikorere Yaza Banki Rifitiwe Umugambi Urambye
Next Article U Rwanda Rugiye Kubakwamo Ishuri Rya TVET Rikora Nk’Ayo Mu Bushinwa 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?