Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nep Queenz Band: Itsinda ry’abakobwa ba muzika 100% rirabasusurutsa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

Nep Queenz Band: Itsinda ry’abakobwa ba muzika 100% rirabasusurutsa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2020 8:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Niryo tsinda ry’abakobwa bakora umuziki mu buryo bw’imbonankubone kandi bose ni abakobwa mu buryo bwuzuye. Mbere y’uko COVID-19 yaduka mu Rwanda, aba bakobwa bari bamaze kumenyerwa muri za Hoteli bacurangira abakiliya.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 04, Ukuboza, 2020 bari bwongere biyereke abakunze ibihangano byabo mu gitaramo bari bukorere muri Raddisson Blue Hotel guhera saa kumi n’imwe n’igice(5h30pm) kugeza saa mbiri na mirongo ine n’itanu z’ijoro(8h45pm).

Igitaramo kirarangira kuri iriya saha kugira ngo abakitabiriye bagere mu rugo amahoro kandi ku isaha yagenwe ya saa yine(10h00pm).

Niba wumva ari igihe kiza kuri wowe ngo uruhuke mu mutwe nyuma y’Icyumweru cy’akazi, unyarukireyo wowe n’umuryango wawe.

Nep Queenz kandi ivuga ko uwo ariwe wese washaka kuyitumira ngo isusurutse ibirori by’ubukwe bwe cyangwa ubw’inshuti, ahawe karibu.

Nubahamagara kuri +250 782018788 ntibazatinda kukwitaba.

Abamikazi ba muzika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dukeneye gukomeza kwagura inzego z’ubukerarugendo – Belize Kariza
Next Article Gasabo: Kangondo bavuga ko kujya i Busanza ku bashakanye ari ingorabahizi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

ImikinoIzamamazaMu Rwanda

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Izamamaza

Canal + Rwanda Yatangaje Ku Mugaragaro Imikorere Ya Zacu TV Iherutse Kugura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Izamamaza

CANAL+ Yongereye Iminsi Ya Poromosiyo Ku Mikino Ya UEFA Champions League

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Izamamaza

CANAL+ Yorohereje Abanyarwanda Gutunga Dekoderi Ngo Barebe Imikino Y’i Burayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?