Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Netanyahu Yasabye Ingabo Ze Zirwanira Mu Kirere Kwitegura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Netanyahu Yasabye Ingabo Ze Zirwanira Mu Kirere Kwitegura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2024 3:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri  w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yasuye ikigo gikoresha indege z;intambara kiri ahitwa Tel Nof abasaba kuryamira amajanja.

Ni ubutumwa atanze nyuma y’uko Iran ivuze ko iri gutegura kuzarasa Israel kubera igitero Yeruzalemu iherute kuyigabaho kigahitana abasirikare bayo  barimo n’abafite ipeti rya Jenerali.

Netanyahu yabwiye ingabo ze zirwanira mu kirere ko Israel ifite inshingano zo kurinda abaturage bayo uko byagenda kose, yabikora itera cyangwa yitabara.

Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu avuga ko abasirikare bagize uyu mutwe w’ingabo ufite ibikenewe byose ngo urinde abaturage.

Izi ngabo zirwanisha indege z’intambara ziri mu zikomeye kurusha izindi ku isi zitwa F 15.

Netanyahu yabwiye abasirikare ati: “ Turi mu bihe bikomeye, by’intambara muri Gaza kandi dukomeje gukora ku buryo tugaruza abantu bacu bafashwe bunyago”

Avuga ko hari intego Israel yihaye kandi idakuka, iyo ikaba iy’uko uwo ari we wese uzayendereza izamwivuna, yaba ibikoze binyuze mu kumusanga aho ari cyangwa ibikoze binyuze mu kwirwanaho aho iri.

Haratutumba Intambara Yeruye Hagati Ya Iran Na Israel

TAGGED:featuredIntambaraIranIsraelNetanyahu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubanza Rwa Mbere Rutangaje Mu Bujura Bwa Banki Ku Isi
Next Article Abacungamari Bagize Uruhare Rugaragara Mu Izamuka Ry’Ubukungu- Obadiah Biraro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?