Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Netanyahu Yasabye Ingabo Ze Zirwanira Mu Kirere Kwitegura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Netanyahu Yasabye Ingabo Ze Zirwanira Mu Kirere Kwitegura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2024 3:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri  w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yasuye ikigo gikoresha indege z;intambara kiri ahitwa Tel Nof abasaba kuryamira amajanja.

Ni ubutumwa atanze nyuma y’uko Iran ivuze ko iri gutegura kuzarasa Israel kubera igitero Yeruzalemu iherute kuyigabaho kigahitana abasirikare bayo  barimo n’abafite ipeti rya Jenerali.

Netanyahu yabwiye ingabo ze zirwanira mu kirere ko Israel ifite inshingano zo kurinda abaturage bayo uko byagenda kose, yabikora itera cyangwa yitabara.

Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu avuga ko abasirikare bagize uyu mutwe w’ingabo ufite ibikenewe byose ngo urinde abaturage.

Izi ngabo zirwanisha indege z’intambara ziri mu zikomeye kurusha izindi ku isi zitwa F 15.

Netanyahu yabwiye abasirikare ati: “ Turi mu bihe bikomeye, by’intambara muri Gaza kandi dukomeje gukora ku buryo tugaruza abantu bacu bafashwe bunyago”

Avuga ko hari intego Israel yihaye kandi idakuka, iyo ikaba iy’uko uwo ari we wese uzayendereza izamwivuna, yaba ibikoze binyuze mu kumusanga aho ari cyangwa ibikoze binyuze mu kwirwanaho aho iri.

Haratutumba Intambara Yeruye Hagati Ya Iran Na Israel

TAGGED:featuredIntambaraIranIsraelNetanyahu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubanza Rwa Mbere Rutangaje Mu Bujura Bwa Banki Ku Isi
Next Article Abacungamari Bagize Uruhare Rugaragara Mu Izamuka Ry’Ubukungu- Obadiah Biraro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?