Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Netanyahu Yasabye Ingabo Ze Zirwanira Mu Kirere Kwitegura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Netanyahu Yasabye Ingabo Ze Zirwanira Mu Kirere Kwitegura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2024 3:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri  w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yasuye ikigo gikoresha indege z;intambara kiri ahitwa Tel Nof abasaba kuryamira amajanja.

Ni ubutumwa atanze nyuma y’uko Iran ivuze ko iri gutegura kuzarasa Israel kubera igitero Yeruzalemu iherute kuyigabaho kigahitana abasirikare bayo  barimo n’abafite ipeti rya Jenerali.

Netanyahu yabwiye ingabo ze zirwanira mu kirere ko Israel ifite inshingano zo kurinda abaturage bayo uko byagenda kose, yabikora itera cyangwa yitabara.

Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu avuga ko abasirikare bagize uyu mutwe w’ingabo ufite ibikenewe byose ngo urinde abaturage.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Izi ngabo zirwanisha indege z’intambara ziri mu zikomeye kurusha izindi ku isi zitwa F 15.

Netanyahu yabwiye abasirikare ati: “ Turi mu bihe bikomeye, by’intambara muri Gaza kandi dukomeje gukora ku buryo tugaruza abantu bacu bafashwe bunyago”

Avuga ko hari intego Israel yihaye kandi idakuka, iyo ikaba iy’uko uwo ari we wese uzayendereza izamwivuna, yaba ibikoze binyuze mu kumusanga aho ari cyangwa ibikoze binyuze mu kwirwanaho aho iri.

Haratutumba Intambara Yeruye Hagati Ya Iran Na Israel

TAGGED:featuredIntambaraIranIsraelNetanyahu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubanza Rwa Mbere Rutangaje Mu Bujura Bwa Banki Ku Isi
Next Article Abacungamari Bagize Uruhare Rugaragara Mu Izamuka Ry’Ubukungu- Obadiah Biraro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Frank Joe Mu Gahinda Ko Gupfusha Umugore We

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?