Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Neymar Aranugwanugwa Muri Chelsea
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Neymar Aranugwanugwa Muri Chelsea

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2023 3:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ataremezwa na rumwe mu mpande bireba ariko yamwenywe n’itangazamakuru avuga ko rutahizamu wo muri Paris Saint Germain witwa Neymar anugwanugwa muri Chelsea mu munsi iri imbere, ‘deal’ nirangira.

Ibiganiro biherutse kuba ‘mu ibanga’ hagati ya Perezida wa Paris Saint Germain witwa Nasser Al Khelaifi n’umwe mu bashinze Chelsea witwa Todd Boehly byagarutse ku cyakorwa ngo Chelsea yegukane Neymar.

Ikinyamakuru cyamamaye mu by’imikino  kitwa ESPN kivuga ko  Chelsea izaba yegukanye Neymar bitarenze mu mpeshyi y’uyu mwaka[20223].

Niramuka imwegukanye, izaba imujyanye yaburaga imyaka ine ngo arangize igihe yari yarasinyiye kuzamara muri PSG.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yari buzahave muri Kamena, 2027.

Buri mwaka Neymar yinjiza Miliyoni €30.

Aherutse kuzuza imyaka 31 y’amavuko.

Muri PSG yambara Nomero 10.

Boehly nyiri Chelsea avuga ko ari gushaka uko yagura Neymar bikiri mu maguru mashya kuko ngo hari n’abandi bamunuganuga.

- Advertisement -

Al Khelaifi na Boehly baherutse guhurira muri Hotel y’i Paris yitwa Arc de Triomphe barasangira banaganira kuri iyo ‘deal’ nk’uko ESPN ibivuga.

TAGGED:ChelseaESPNfeaturedIkinyamakuruIkipeNeymar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gatsibo: Mudugudu Aravugwaho Kwica Umuturage
Next Article Minisitiri W’Intebe Ashima Banki Zakuye Abantu Mu Ngaruka Za COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?