Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Neymar Aranugwanugwa Muri Chelsea
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Neymar Aranugwanugwa Muri Chelsea

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2023 3:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ataremezwa na rumwe mu mpande bireba ariko yamwenywe n’itangazamakuru avuga ko rutahizamu wo muri Paris Saint Germain witwa Neymar anugwanugwa muri Chelsea mu munsi iri imbere, ‘deal’ nirangira.

Ibiganiro biherutse kuba ‘mu ibanga’ hagati ya Perezida wa Paris Saint Germain witwa Nasser Al Khelaifi n’umwe mu bashinze Chelsea witwa Todd Boehly byagarutse ku cyakorwa ngo Chelsea yegukane Neymar.

Ikinyamakuru cyamamaye mu by’imikino  kitwa ESPN kivuga ko  Chelsea izaba yegukanye Neymar bitarenze mu mpeshyi y’uyu mwaka[20223].

Niramuka imwegukanye, izaba imujyanye yaburaga imyaka ine ngo arangize igihe yari yarasinyiye kuzamara muri PSG.

Yari buzahave muri Kamena, 2027.

Buri mwaka Neymar yinjiza Miliyoni €30.

Aherutse kuzuza imyaka 31 y’amavuko.

Muri PSG yambara Nomero 10.

Boehly nyiri Chelsea avuga ko ari gushaka uko yagura Neymar bikiri mu maguru mashya kuko ngo hari n’abandi bamunuganuga.

Al Khelaifi na Boehly baherutse guhurira muri Hotel y’i Paris yitwa Arc de Triomphe barasangira banaganira kuri iyo ‘deal’ nk’uko ESPN ibivuga.

TAGGED:ChelseaESPNfeaturedIkinyamakuruIkipeNeymar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gatsibo: Mudugudu Aravugwaho Kwica Umuturage
Next Article Minisitiri W’Intebe Ashima Banki Zakuye Abantu Mu Ngaruka Za COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?