Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Yahagaririye Kagame Mu Nama Mpuzamahanga Ibera Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ngirente Yahagaririye Kagame Mu Nama Mpuzamahanga Ibera Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 January 2024 3:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari i Kampala muri Uganda mu Nama Mpuzamahanga ihuza ibihugu bigize icyo bise Non Aligned Mouvement ihuza ibihugu byinshi by’Afurika, Aziya n’ibyo muri Amerika yitwa iy’Abalatini.

Uyu Muryango mu Kinyarwanda bavuga ko ari Umuryango w’ibihugu ‘bidafite aho bibogamiye’, iyi ikaba ari ianam yawo ya 19.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa Gatandatu azageza ijambo ku bandi banyacyubahiro bari muri iriya Nama ahagarariyemo Perezida Paul Kagame.

Umuryango w’ibihugu bidafite aho bibogamiye, The Non-Aligned Movement (NAM) ugizwe n’ibihugu binyamuryango 120.

Ibyo bihugu bikomora izina mu ntambara y’Ubutita yigeze guhanganisha Aba Capitalists bari bayobowe n’Amerika n’aba Communists bari bayobowe ku isonga n’Abasoviyete.

Bivugwa uyu Muryango ari uwa kabiri ugizwe n’ibihugu byinshi ku isi nyuma y’ibigize Umuryango w’Abibumbye,United Nations.

Uyu muryango ugizwe n’ibihugu 120.

Umuryango w’Abibumbye ugizwe n’ibihugu 193.

TAGGED:AbibumbyeAmahangafeaturedInamaKagameNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FAO Yizera Ko Ubufatanye N’u Rwanda Mu Guca Inzara Buzakomeza
Next Article Menya Ibigo Byahawe Bisi Nshya Zo Gutwara Abagenzi Muri Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?