Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngororero: Ababyaza Bakurikiranyweho Gukomeretsa Uruhinja Rugapfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Ngororero: Ababyaza Bakurikiranyweho Gukomeretsa Uruhinja Rugapfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 February 2024 1:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Kabaya muri Ngororero haravugwa inkuru y’ababyaza babiri baherutse gutabwa muri yombi na RIB bakurikiranyweho gukomeretsa umwana wavukaga babonye apfuye baratoroka.

Byabereye mu bitaro bya Kabaya biherereye mu Karere ka Ngororero, Umurenge wa Kabaya, Akagari ka Kabaya mu Mudugudu wa Rurembo, iminsi ikaba igiye kuba 11.

Abafashwe na RIB ni Hagenimana Jean Pierre w’imyaka 28 na mugenzi we witwa Nyiranjemubandi Vestine w’imyaka 36.

Bombi bafashwe ku wa 29, Mutarama, 2024 bakurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi ‘budaturutse ku bushake.’

Urwego rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko rwamaze guta muri yombi Hagenimana Jean Pierre w’imyaka 28 na Nyiranjemubandi Vestine w’imyaka 36, bakurikiranyweho iki cyaha.

Ruvuga ko yabataye muri yombi ku wa 29, Mutarama, 2024.

Urwego rw’ubugenzacyaha ruvuga ko ‘hari umubyeyi wagiye kubyarira ku bitaro bya Kabaya, abyazwa nabo baganga nyuma baza gukomeretsa umwana barimo babyaza umubyeyi umwana yitaba Imana.

Umwana bamukomerekeje mu mutwe ubwo bongereraga nyina, bashakira umwana inzira.

Ryungamo ko bamaze kubona ibyo bakoze, bahita batoroka ntibagaruka mu kazi bitewe nibyo bari bamaze gukora.

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko abakekwa bafungiye kuri sitasiyo ya Kabaya muri Ngororero mu gihe dosiye yabo iri gutunganywa ngo ishyikirizwe ubushinjacyaha.

Nibaramuka bahamijwe iki cyaha, bazahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu(6) ariko kitarenze imyaka ibiri(2)  n’ihazabu y’amafaranga kuva ku Frw 500,000 ariko atarenze Miliyoni Frw 2  cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.

TAGGED:AbabyazafeaturedKabayaNgororeroRIBUbugenzacyahaUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Intebe Yashyize Indabo Ku Imva Intwari Z’u Rwanda Ziruhukiyemo
Next Article Kamonyi: Yamaze Amasaha 29 Yagwiriwe N’Ikirombe Bamusanga Ari Muzima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?