Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Abantu 100 Bafunzwe Kuko Batashye Ubukwe Bw’Abatinganyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Abantu 100 Bafunzwe Kuko Batashye Ubukwe Bw’Abatinganyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 August 2023 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ya Nigeria yafunze abantu 100 ibaziza gutaha ubukwe bw’abasore babiri bo muri imwe muri Leta za Nigeria. Ni ubukwe bwabereye muri imwe muri Hoteli zo muri Leta ya Delta.

Tweet ivuga ku ifatwa ry’abo bantu, ivuga ko mu gihe gito kiri imbere  bazerekwa

Ikinyamakuru kitwa Politics Nigeria kivuga ko amakuru gifite avuga ko bariya bantu bafungiwe kuri station ya Polisi y’iriya Leta iri ahitwa Asaba.

Polisi yabwiye itangazamakuru ko kugira ngo imenye ko biriya byabaye, yabibwiwe n’abaturiye hoteli byabereyemo, ihita ihurura.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Amategeko ya Nigeria abuzanya imibonano hagati y’abahuje ibitsina kandi uhamijwe ibyo byaha ahanishwa igihano cy’imyaka 14 afunzwe.

Abaryamana bahuje ibitsina no mu Rwanda barahaba.

Baherutse gukorana inama nyungurabitekerezo n’itangazamakuru yabereye muri imwe muri Hotel ziri mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo bashima Leta y’u Rwanda ko badahohoterwa.

Babwiye itangazamakuru ko bakwiye kumvwa ndetse byaba ngombwa bagahabwa ubuzima gatozi.

Icyakora Abanyarwanda muri rusange ntirabiyumvamo, gusa birinda kubahohotera nk’uko bigenda muri byinshi mu bihugu by’Afurika harimo n’ibiherereye mu Karere u Rwanda ruherereyemo.

- Advertisement -
TAGGED:AbatanganyiNigeriaUbukwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Basengera Mu Buvumo Bise GABANYIFIRITI
Next Article Indi Mibiri Yabonywe Aho Bari Gusana Stade Amahoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?