Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Abantu 100 Bafunzwe Kuko Batashye Ubukwe Bw’Abatinganyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Abantu 100 Bafunzwe Kuko Batashye Ubukwe Bw’Abatinganyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 August 2023 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ya Nigeria yafunze abantu 100 ibaziza gutaha ubukwe bw’abasore babiri bo muri imwe muri Leta za Nigeria. Ni ubukwe bwabereye muri imwe muri Hoteli zo muri Leta ya Delta.

Tweet ivuga ku ifatwa ry’abo bantu, ivuga ko mu gihe gito kiri imbere  bazerekwa

Ikinyamakuru kitwa Politics Nigeria kivuga ko amakuru gifite avuga ko bariya bantu bafungiwe kuri station ya Polisi y’iriya Leta iri ahitwa Asaba.

Polisi yabwiye itangazamakuru ko kugira ngo imenye ko biriya byabaye, yabibwiwe n’abaturiye hoteli byabereyemo, ihita ihurura.

Amategeko ya Nigeria abuzanya imibonano hagati y’abahuje ibitsina kandi uhamijwe ibyo byaha ahanishwa igihano cy’imyaka 14 afunzwe.

Abaryamana bahuje ibitsina no mu Rwanda barahaba.

Baherutse gukorana inama nyungurabitekerezo n’itangazamakuru yabereye muri imwe muri Hotel ziri mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo bashima Leta y’u Rwanda ko badahohoterwa.

Babwiye itangazamakuru ko bakwiye kumvwa ndetse byaba ngombwa bagahabwa ubuzima gatozi.

Icyakora Abanyarwanda muri rusange ntirabiyumvamo, gusa birinda kubahohotera nk’uko bigenda muri byinshi mu bihugu by’Afurika harimo n’ibiherereye mu Karere u Rwanda ruherereyemo.

TAGGED:AbatanganyiNigeriaUbukwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Basengera Mu Buvumo Bise GABANYIFIRITI
Next Article Indi Mibiri Yabonywe Aho Bari Gusana Stade Amahoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Drone Y’Ingabo Za DRC Yagabye Igitero Ku Birindiro Bya AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?