Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Abantu 100 Bafunzwe Kuko Batashye Ubukwe Bw’Abatinganyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Abantu 100 Bafunzwe Kuko Batashye Ubukwe Bw’Abatinganyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 August 2023 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ya Nigeria yafunze abantu 100 ibaziza gutaha ubukwe bw’abasore babiri bo muri imwe muri Leta za Nigeria. Ni ubukwe bwabereye muri imwe muri Hoteli zo muri Leta ya Delta.

Tweet ivuga ku ifatwa ry’abo bantu, ivuga ko mu gihe gito kiri imbere  bazerekwa

Ikinyamakuru kitwa Politics Nigeria kivuga ko amakuru gifite avuga ko bariya bantu bafungiwe kuri station ya Polisi y’iriya Leta iri ahitwa Asaba.

Polisi yabwiye itangazamakuru ko kugira ngo imenye ko biriya byabaye, yabibwiwe n’abaturiye hoteli byabereyemo, ihita ihurura.

Amategeko ya Nigeria abuzanya imibonano hagati y’abahuje ibitsina kandi uhamijwe ibyo byaha ahanishwa igihano cy’imyaka 14 afunzwe.

Abaryamana bahuje ibitsina no mu Rwanda barahaba.

Baherutse gukorana inama nyungurabitekerezo n’itangazamakuru yabereye muri imwe muri Hotel ziri mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo bashima Leta y’u Rwanda ko badahohoterwa.

Babwiye itangazamakuru ko bakwiye kumvwa ndetse byaba ngombwa bagahabwa ubuzima gatozi.

Icyakora Abanyarwanda muri rusange ntirabiyumvamo, gusa birinda kubahohotera nk’uko bigenda muri byinshi mu bihugu by’Afurika harimo n’ibiherereye mu Karere u Rwanda ruherereyemo.

TAGGED:AbatanganyiNigeriaUbukwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Basengera Mu Buvumo Bise GABANYIFIRITI
Next Article Indi Mibiri Yabonywe Aho Bari Gusana Stade Amahoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?