Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2025 11:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatavuga rumwe na Leta ya Nigeria bavuga ko bitumvikana ukuntu Umukuru w’igihugu amara hafi ukwezi ari mu Bufaransa nta makuru abaturage babifiteho na mba!

Bola Tinubu yageze mu Bufaransa Tariki 02, Mata, 2025 ku mpamvu zitarasobonurwa neza ariko bishobora kuba byaratewe n’ubuzima bwe butameze neza.

Abitishimiye ibyo bintu bavuga ko ubuzima bwa Tinubu bwari bumeze nabi no mu gihe yarahiriraga kuyobora igihugu kuko yari amaze ukwezi mu Bufaransa yivuza.

Ikindi ni uko kuva yajya k’ubutegetsi muri Kamena, 2023 amaze kujyayo inshuro umunani.

Abatavuga rumwe na Leta bavuga ko kuba Tinubu yaragiye mu Bufaransa akahamara igihe kingana kuriya abantu batabizi kandi rwagati mu gihugu hari umutekano muke bidakwiye.

Uruhande rwa Leta ruvuga ko Perezida ari mu mwiherero ngo hasesengurwe uko ibintu byifashe mu gihugu mu myaka hafi itatu amaze k’ubutegetsi.

Ruvuga ko iby’uko yasize igihugu mu kangaratete atari byo.

TAGGED:featuredIgihuguIndwaraKwivuzaNigeriaPerezidaTinubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Gen Birungi Wari Ushinzwe Y’ubutasi Bwa Gisirikare Yavanywe Muri Izo Nshingano 
Next Article Musanze: Umugore Yishe Umugabo We Nawe Ariyahura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?