Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Ubushyamirane Hagati Y’Aborozi N’Abahinzi Bwaguyemo Abantu 113
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Ubushyamirane Hagati Y’Aborozi N’Abahinzi Bwaguyemo Abantu 113

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2023 12:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, bitangaza ko imibare imaze kubarurwa y’abaguye mu bushyamirane hagati y’aborozi b’Abisilamu n’Abahinzi b’Abakirisitu imaze kugera ku bantu 113.

Iyi mirwano yabaye mu mpera z’Icyumweru gishize, ibera rwagati muri Nigeria.

Ni bwo bushyamirane bukomeye hagati y’aborozi n’abahinzi bubayeho uhereye muri Gicurasi aho abarenga 100 bishwe.

Mu bapfuye kandi harimo abasirikare 16 bari baje guhosha iyo mirwano, abari bashyamiranye barabadukira barabatema.

Hari n’abantu 300 bakomerekeye muri iyo rwaserera.

Akarere ka Nigeria yo Hagati kabamo ubushyamirane bushingiye ku moko n’amadini kandi bwaguyemo abantu amagana muri iyi myaka ya vuba.

Abayisilamu b’aborozi n’Abakirisitu b’abahinzi bakunze gushyamirana bapfa urwuri kubera ko imihindagurikire y’ikirere yatumye amazi agabanuka, amatungo arasonza.

Aborozi bashinjwa koneshereza abahinzi bityo imidugararo ikavuka ityo.

Mu bihugu byamaganye ubu bwicanyi harimo Ubufaransa.

TAGGED:AbahinziAborozifeaturedNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Cardinal Kambanda Yahaye Umugisha Abana Bagiye Kuririmbira I Roma
Next Article Pariki Y’Akagera Irateganya Gukoresha Imodoka Z’Amashanyarazi Gusa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?