Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 October 2025 2:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Element mu ndirimbo Njozi
SHARE

Muri Tanzania niho Element EleéeH yasohoreye amashusho y’indirimbo ‘Njozi’ yakoranye na Marioo, umwe mu bahanzi bo muri Tanzania bakomeye.

Amashusho y’iyo ndirimbo yateguwe kandi anonosorwa na Folex, umu ‘producer’ ukomeye usanzwe ukorera indirimbo icyamamare Diamond Platnamz.

Si iza Diamond atunganya gusa ahubwo harimo n’iz’abandi bahanze bakorera mu nzu ye itunganya umuziki yitwa Wasafi.

Amajwi yayo yatunganyijwe na Element ubwe, ubu akaba ari kwitegura gusohora indi ndirimbo yise  ‘Maaso’.

Mbere yo kuva muri Tanzania, Element arateganya kuzaganiriza abanyamakuru b’aho akababwira iby’umuziki we muri rusange n’iby’iyo ndirimbo ari gukorana na Marioo.

Nyuma ya Tanzania, azakomereza muri Uganda, akazahakorera igitaramo yatumiwemo na Ray G kizabera i Mbarara kuri Stade Kakyeka, hazaba ari tariki 01, Ugushingo, 2025.

Itike ya make yo kwinjira muri iki gitaramo izaba ari ibihumbi 20 UGX (ni ukuvuga arenga 8000 Frw) mu myanya isanzwe, muri VIP bibe ibihumbi 50 UGX (arenga ibihumbi 21 Frw).

Ray G ari mu bahanzi bagezweho mu muziki wa Uganda, by’umwihariko yarushijeho kumenyekana  mu Rwanda ubwo yakoranaga indirimbo ‘Hama’ na Bruce Melodie.

TAGGED:ElementIndirimboNjoziTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha
Next Article Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?