Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Noteri W’Umurenge Wa Remera Yishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Noteri W’Umurenge Wa Remera Yishwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 April 2024 11:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Noteri mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo witwa Elyse Ndamyimana yaguye mu bitaro bya Kacyiru nyuma yo guterwa ibyuma n’abagizi ba nabi.

Amakuru y’ibanze Taarifa ifite avuga ko uyu mugabo yatezwe n’abantu bataramenyekana bamutera icyuma mu musaya no mu ijosi.

Abamutabaye bamugejeje kwa muganga bamuha ubufasha bw’ibanze ariko ubuzima buranga buramucika.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Remera Déo Rugabirwa yabwiye Taarifa ko urwo rugomo rwabaye hagati ya saa tatu na saa yine z’ijoro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Déo Rugabirwa

Muri ayo masaha imvura yasaga n’irimo guhita.

Avuga ko abakoze urwo rugomo batarafatwa, ariko iperereza rigamije kubafata ryatangiye.

Ikindi ni uko nyakwigendera yari atashye avuye mu kazi afite ku Gisozi naho mu Karere ka Gasabo.

Rugabirwa avuga ko nta rugomo nk’uru rwabaga mu Murenge wa Remera.

TAGGED:GasaboGitifuNoteriRemera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Abibwira Ko Ubuyobozi Butangirana Nabo Bukarangirana Nabo- Kagame
Next Article Imodoka Zisohora Ibyotsi Zigiye Guhagurukirwa- Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Igeze He Umukoro Perezida Kagame Yayihaye?

Intego Y’u Rwanda Ku Byerekeye Umukamo Mu Myaka Ine

Israel Irakoresha Ibifaro Bitarimo Ingabo Mu Ntambara Na Hamas

Ingabo Z’u Rwanda Mu Bufatanye N’Iza Misiri

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Pariki Y’Akagera Yinjije Arenga Miliyari Frw 5 Mu Mwaka

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Miliyari $1 Yashowe Mu Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ba Rwiyemezamirimo Bagiye Guhatanira Igihembo Cya Miliyoni $1.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?