Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ntituzi Niba Omega Yarapfuye Cyangwa Akiriho- Umuvugizi Wa M23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Ntituzi Niba Omega Yarapfuye Cyangwa Akiriho- Umuvugizi Wa M23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 March 2025 4:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Dr. Balinda
SHARE

Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Gatatu nibwo haje amakuru avuguruza ibyari byavuzwe by’uko Gen Pacifique Ntawunguka witwa Omega yafashwe na M23 kandi ko igiye kumuha u Rwanda.

Dr. Balinda yabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko ayo makuru atari yo.

Yagize ati: “Nibo bazanye igihuha baranagikwiza…”

Icyakora Dr. Balinda yirinze kwemeza cyangwa ngo ahakane ko Gen Omega yapfuye, avuga ko ikiriho ari uko bageze ku ndake ntibamubona.

Avuga ko ntawe uzi irengero rye.

Imvaho Nshya yari yanditse ko Gen Omega ashobora kugezwa mu Rwanda mu gihe gito kiri imbere, ikemeza ko ari amakuru yahawe n’Umuvugizi wa M23 Dr. Balinda.

Mu minsi yatambutse hari abari bamubitse bavuga ko yiciwe mu mirwano yabereye muri Goma mbere y’uko uyu mujyi ufatwa na M23.

Abo muri FOCA( ni ishami rya gisirikare rya FDLR Omega ayobora) ntibigeze bamubika bityo bikaba byari bigoye kwemeza niba koko yarapfuye.

TAGGED:BalindafeaturedIntambaraM23OmegaUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Bafatanywe Lisansi Bari Bagiye Kugurisha Mu Burundi Rwihishwa
Next Article Uko Canada Yakijije Abayituye Igakenesha Aba DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?