Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyabihu: Umuyobozi Akurikiranyweho Gukubita Umuturage Agapfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Nyabihu: Umuyobozi Akurikiranyweho Gukubita Umuturage Agapfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 January 2024 3:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage bo mu Murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote babwiye itangazamakuru ko umuyobozi w’aka Kagari aherutse gukubita umuturage bimuviramo urupfu.

Amakuru avuga ko uwo muyobozi yakubise uriya muturage afatanyije n’umwe mu bakora irondo ariko bombi barafunzwe.

Taarifa yaganiriye n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu witwa Antoinette Mukandayisenga atubwira ko ayo makuru yayamenye kuri uyu wa Kane taliki 04, Mutarama, 2024.

Ati: “ Ayo makuru narayamenye ariko navuga ibyo bintu biri mu iperereza kubera ko iyo ibintu biri muri RIB wirinda kubivugaho. Ni uwari umuyobozi w’Akagari ka Kijote kandi yafunganywe n’umwe mu bakora mu irondo.”

Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu Mukandayisenga Antoinette

Antoinette Mukandayisenga asaba abaturage gukorana neza n’abayobozi, buri ruhande rukubaha urundi kuko ubwumvikane ari ngombwa.

Akarere ka Nyabihu gafite imirenge 12.

TAGGED:AkarereMeyaNyabihu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyaruguru, Rusizi, Nyamasheke, Nyamagabe…Uturere Twugarijwe N’Isuri
Next Article Rubavu: Basanze Umwana Mu Ndobo Yapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?