Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Nkundamahoro Hiyahuriye Umugabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Ku Nkundamahoro Hiyahuriye Umugabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2024 3:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Si ubwa mbere ukwiyahura gukorewe kuri iyi nyubako
SHARE

Umugabo utamenyekanye amazina yuriye inzu ndende iri mu Mujyi wa Kigali ahitwa ku Nkundamahoro arasimbuke yikubita hasi arapfa.

RadioTv 1 itangaza ko nta mazina y’uwo muntu aramenyekana ariko ngo Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwahise ruhagera ngo hatangire iperereza kuri iki kintu.

Bivugwa ko RIB ijya aho umuntu yiyahuriye kugira ngo irebe niba muri icyo gikorwa cyamutwaye ubuzima nta bandi bantu baba babigizemo uruhare urwo ari rwo rwose.

Uwiyahuye yari mu kigero cy’imyaka 40 y’amavuko, aho akomoka ntihahise hamenyekana.

Inyubako y’Inkundamahoro iri mu Kagari ka Nyabugongo mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge.

Iyi nyubako yiyahuriweho n’abantu benshi.

Si ubwa mbere abantu bayiyahuriramo kuko mu myaka nk’itanu ishize hiyahuriye abantu benshi.

TAGGED:InkundamahoroNyabugogoRIBUbugenzacyahaUmugabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abohereza Imbuto N’Imboga Hanze Bahawe Imodoka Zizirinda Kubora
Next Article Miss Muheto Yakatiwe Igifungo Cy’Amezi Atatu Gisubitse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

You Might Also Like

Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?